Abanyamahirwe 30 ba mbere batsindiye ifatabuguzi ry’ubuntu rya Canal+ muri poromosiyo yashyizweho mu rwego rwo kwizihiza imyaka 30 iki kigo kimaze gitangije ibikorwa byacyo ku mugabane wa Afurika.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Client_news
Client_news
Articles
-
Abanyamahirwe ba mbere batsindiye amezi 30 y’ifatabuguzi ry’ubuntu muri Canal+
14 June 2022, by Nsengiyumva Emmy -
ISOC irifuza kongera umubare w’abakoresha internet muri Afurika
14 June 2022, by Mukahirwa DianeUmuryango Internet Society (ISOC) nyuma yo kubona ko murandasi ari kimwe mu bintu by’ibanze nkenerwa kugira ngo iterambere ryihute, yiyemeje kongera umubare w’abayikoresha muri Afurika.
-
CANAL+ Ikomeje Kudabagiza Abanyarwanda yizihiza imyaka 30 imaze
28 June 2022, by Nsengiyumva EmmySosiyete icuruza amashusho ya Canal+ yahembye abanyamahirwe ba kabiri bagera kuri 30 batsindiye ifatabuguzi ryo kureba amashene yose ku buntu mu mezi 12 n’amezi 30 muri poromosiyo yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 imaze ikorera ku Mugabane wa Afurika.
-
Global Risk Advisors Ltd yatanze inama ku bigo bitagira umuco wo gusura inzibutso za Jenoside
18 June 2022, by Ndahayo EmmanuelAbakozi b’Ikigo gitanga serivisi zo guhuza abakiliya n’abifuza serivisi z’ubwishingizi, Global Risk Advisors Ltd, basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, aho basobanuriwe amateka ya Jenoside n’uburyo Ingabo zahoze ari iza FPR-Inkotanyi zayihagaritse.
-
Inama ngishwanama y’abafatanyabikorwa mu mushinga w’imbabura zigezweho wa Société Pétrolière (SP) ifatanyije na QEC na BB Energy
30 June 2022, by IGIHESP ifatanyije na QEC (ikigo gikorera mu Rwanda gikora imbabura zigezweho) hamwe na BB Energy, irateganya gutanga imbabura zigezweho mu gihugu hose. Uyu mushinga uzatanga imbabura zigezweho zisimbura izikoresha uburyo bwo gucana bwa gakondo (traditional cooking methods).
-
AIESEC in Rwanda yahembye imishinga itatu itanga icyizere y’abari kurangiza muri Kaminuza y’u Rwanda
19 June 2022, by Hakizimana Jean PaulUmuryango w’urubyiruko utagamije inyungu wa AIESEC in Rwanda wahembye imishinga itatu y’urubyiruko ruri gusoza Kaminuza, kuko itanga icyizere mu gutanga akazi no kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu.
-
Airtel Money yinjiye mu bufatanye na Yegomoto bwo gufasha abagenzi kwishyura ingendo za moto
1 July 2022, by IGIHEAbagenzi bakoresha moto mu Mujyi wa Kigali ubu bashobora kwishyura amafaranga y’urugendo bakoresheje Airtel Money.
-
Uko gukorana na EAX byahinduriye ubuzima abahinzi bayiyobotse
24 June 2022, by Ntabareshya Jean de Dieu“Mbere ntabwo batuguriraga neza ibigori byaraduhomberaga, bigapfira aho ngaho bikamungwa ibindi bakaduhenda. Ubundi rwose byarahombaga ukibaza uti se mbihinge cyangwa mbireke ariko ubungubu twateye imbere kubera ikigori. Nari ndi mu kazu gato k’amabati 20 ariko ubu ndi mu nzu y’amabati 70 kubera ikigori.”
-
U Rwanda rwahawe kwakira inama y’abanyamuryango ba JCI ku rwego mpuzamahanga
28 June 2022, by Mugisha ChristianBinyuze mu Muryango wita ku rubyiruko mu rwego rwo kurwongerera ubushobozi mu miyoborere myiza no kwihangira imirimo, JCI Rwanda, u Rwanda rwahawe kwakira inama ihuza abanyamuryango ba Junior Chamber International baturutse muri Afurika ndetse no mu bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati n’ abandi bayobozi bo ku yindi migabane.
-
Abakozi b’Ikigo MUA Rwanda bunamiye abashyinguwe mu rwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama n’urwa Nyanza (Amafoto)
1 July 2022, by Akayezu Jean de DieuAbakozi n’abayobozi b’Ikigo cy’Ubwishingizi cya Mauritius Union Assurance (MUA Rwanda Ltd), basuye inzibutso za Jenoside za Nyanza mu Karere ka Kicukiro na Ntarama muri Bugesera, bunamira inzirakarengane ziharuhukiye, basobanurirwa amateka mabi yagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
IGIHE