Umuyobozi wa Rwanda Foam Ltd na AMEGERWA, Makuza Robert, yasabye ko kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi biba umuco n’inshingano za buri muntu wese mu gukomeza guha agaciro abayizize n’abacitse ku icumu.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Client_news
Client_news
Articles
-
Rwanda Foam na AMEGERWA byiyemeje umusanzu ngo Jenoside itazongera ukundi
3 July 2022, by Muyisenge Jean Felix -
Impamvu ukeneye kwishingirwa na Zion Insurance Brokers Ltd
21 July 2022, by Mugisha ChristianUshobora kwibaza nka nyir’umushinga cyangwa ubucuruzi, ubwoko bw’ubwishingizi waba ukeneye. Uzabona ibisubizo bitandukanye bitewe n’ibyo ukora ariko biba ingenzi iyo utekereje ku buryo bw’ubwishingizi butandukanye.
-
Jasiri yatangiye kwakira ba rwiyemezamirimo bashaka kwitabira gahunda ya ‘Talent Investor program’
20 July 2022, by IGIHEJasiri yatangiye kwakira ubusabe bw’abashaka kwitabira gahunda yayo y’amahugurwa no gutera inkunga ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda, Kenya na Ethiopia izwi nka ‘Talent Investor Program’.
-
Abakiriya ba Canal+ bagiye gutangira shampiyona z’i Burayi bamwenyura
28 July 2022, by Nsengiyumva EmmyAbakiriya ba Canal+ bagiye gutangira shampiyona z’i Burayi bamwenyura nyuma yo gushyirirwaho poromosiyo ibemerera gukurikira iyi mikino ku mafaranga ibihumbi 5Frw gusa.
-
Abanyarwanda boroherejwe kwiga muri Pologne
2 August 2022, by Thamimu HakizimanaSosiyete ifasha abanyeshuri b’Abanyarwanda kwiyungura ubumenyi mu mashuri yo ku ruhando mpuzamahanga, Elrukz Group, yashyiriyeho amahirwe Abanyarwanda bakeneye kwiga muri Pologne.
-
BRD iri gushyigikira ubucuruzi mu guhangana n’ingaruka za Covid-19 binyuze mu Kigega ‘HATANA’
21 July 2022, by IGIHEHashize amezi abiri Guverinoma y’u Rwanda itangije icyiciro cya kabiri cy’Ikigega Nzahurabukungu, kigamije gushyigikira ibikorwa by’ubukungu n’imishinga byazahajwe n’icyorezo cya Covid-19.
-
Kigali: Abana bari mu biruhuko bagiye gufashwa kwidagadura binyuze muri ‘Summer Camp Rwanda’
7 August 2022, by Byiringiro Osée ElvisMu bihe by’amashuri, abana bamara umwanya munini ku ishuri, bigasa nk’ibiha ababyeyi agahenge ko kuba bafite aho abana babo birirwa, ariko mu bihe by’ibiruhuko, hari ubwo ababyeyi bagorwa no kubona ibyo umwana wabo ashobora gukora bimugirira akamaro.
-
Olado ikomeje gufasha abacuruzi kugeza ibicuruzwa mu mpande zose z’Isi
27 July 2022, by Muyisenge Jean FelixUko ikoranabuhanga rigenda ritera imbere, ni nako ririmo guhindura imibereho y’abaturage mu ngeri zitandukanye zirimo n’ubucuruzi bwo kuri murandasi, ibizwi nka e-Commerce.
-
Wisdom School yatangiye kwandika abazayigamo mu mwaka w’amashuri 2022/2023
11 August 2022, by Claude BazatsindaMu gihe umwaka w’amashuri 2022/2023 ubura igihe gito ngo utangire, ubuyobozi bw’Ishuri Mpuzamahanga, Wisdom School, riri mu Karere ka Musanze bwatangiye kwandika abanyeshuri bazaryigamo bizezwa guhabwa uburezi n’uburere biri ku rwego rushimishije.
-
BK yatangije umunsi wahariwe ikoranabuhanga, yiyemeza kuriteza imbere mu guhererekanya amafaranga
29 July 2022, by Ntabareshya Jean de DieuBanki ya Kigali yatangije ubukangurambaga bwo guhamagarira abakiliya bayo gukoresha ikoranabuhanga mu kwaka serivisi zatangwaga ku mashami yayo hagamijwe guteza imbere ihererekanya amafaranga mu buryo bw’ikoranabuhanga.
IGIHE