Ikigo kizobereye mu gukora porogaramu ‘software’ z’ubucuruzi cya Inhills Technology, cyakoze ‘application’ yitwa ‘Injonge EBM’, ishyirwa muri telefoni ikoresha Android, ikazajya ifasha abacuruzi gutanga fagitire za EBM no gukurikirana ubucuruzi bwabo aho bari hose ku urubuga rwa Injonge EBM.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Client_news
Client_news
Articles
-
Hasohotse ‘Injonge EBM’ itanga fagitire za EBM hifashishijwe telefoni ngendanwa
3 November 2022, by IGIHE -
KTN Rwanda yorohereje abifuza gutura i Ndera na Nyarugunga kubona ibibanza
21 November 2022, by Byiringiro Osée ElvisIkigo gihuza abaguzi n’abagurisha, KTN Rwanda, gikomeje gufasha abashaka gutura mu Mujyi wa Kigali kubona ibibanza byiza kandi bya make, aho kuri iyi nshuro hagezweho abifuza ibibanza mu murenge wa Ndera, Nyarugunga ndetse na Rugende.
-
SONARWA yishyuye indishyi za miliyari 3.4 Frw mu mwaka umwe
3 December 2022, by Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Ubwishingizi cya SONARWA General cyatangaje ko kimaze kwishyura arenga 3.400.000, 000 Frw nk’indishyi ku mpanuka n’ibyago byageze ku bakiliya bayo kuva umwaka wa 2022 watangira.
-
Musanze: Abatunze moto za YAMAHA bashyizwe igorora bazikorerwa ku buntu
10 December 2022, by Ndikumwenayo ThierryAbatunze ibinyabiziga bikorwa n’uruganda rwo mu Buyapani rwa YAMAHA bo mu Karere ka Musanze bahawe serivise zirimo kumena amavuta, ndetse no gukanikirwa byose ku buntu.
Ni ku nshuro ya mbere uruganda rwa YAMAHA rukoze ibikorwa byo kwegera abakiliya barwo bo mu Rwanda, binyuze mu kigo cya Spear Motors & Sound ltd kiruhagarariye mu gihugu kuva mu 2018.
Mu byo YAMAHA yafashije abakiliya harimo kumena amavuta, gukanika ibyapfuye byoroheje byose ku buntu, uwabaga akeneye icyuma (…) -
Canal+Rwanda yinjije abakiliya bayo mu minsi mikuru ibereka imikino itandukanye
20 December 2022, by Mukahirwa DianeSosiyete icuruza amashusho ya Canal+ yinjije mu minsi mikuru isoza umwaka abakiliya bayo, ibereka imikino itandukanye irimo shampiyona y’u Bwongereza [Premier League] na shampiyona nyafurika ihuza abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN) iteganyijwe muri Mutarama 2023.
-
Bridge2Rwanda yatanze amahirwe ku bana bafite imishinga yahindura ubuzima bw’abaturage
13 January 2023, by Igizeneza Jean DésiréUbuyobozi bw’Ikigo gitegura abanyeshuri kikanabashakira ibigo by’icyitegererezo bakwigamo hirya no hino ku Isi, Bridge2Rwanda, burashaka gutegura abana b’abanyarwanda bubongerera ubumenyi ku rwego mpuzamahanga, ibizanabafasha guhatanira ibihembo bitandukanye binyuze mu masomo bahabwa.
-
Ishimwe ry’abanyeshuri binjiye muri gahunda ya Equity Bank yo kubahindura abayobozi beza
14 January 2023, by Mukahirwa DianeAbanyeshuri 34 batsinze neza ibizamini bisoza amashuri yisumbuye banejejwe no kuba baratoranyijwe na Banki y’ubucuruzi ya Equity Bank Rwanda, ikaba igiye kubamenyereza umwuga no kubafasha gukomeza kaminuza.
-
Ikigo Fumigation Services Company cyiyemeje kuba igisubizo ku bibazo by’isuku mu ngo
9 February 2024, by Mugisha ChristianKu bantu bakunda kwita ku bikoresho byo mu ngo cyane nk’intebe, ibitanda cyangwa amatapi barabizi ko kugira ngo bigumane ubwiza n’ubuziranenge bwabyo bisaba kubikorera isuku byibuze inshuro imwe cyangwa ebyiri mu mwaka.
-
BK Foundation yahaye moto z’amashanyarazi abagore 20
4 March 2023, by Igizeneza Jean DésiréBK Group ibinyujije mu kigo cyayo cy’Ubugiraneza cya BK Foundation, yaguriye abagore n’abakobwa 20 bo mu ishyirahamwe “Zamuka Mugore” moto zikoresha amashanyarazi, zifite agaciro ka miliyoni zirenga 50 Frw mu rwego rwo gukomeza guhashya imyuka ihumanya ikirere ndetse no kurengera ibidukikije muri rusange.
-
Amerika yemeranyije na Niger igihe cyo gucyura ingabo
20 May 2024, by Jean de Dieu TuyizereLeta Zunze Ubumwe za Amerika n’iy’inzibacyuho ya Niger zemeranyije ko zizacyura ingabo zazo ziba i Niamey ndetse n’ibikoresho bya gisirikare birimo indege zitagira abapilote, bitarenze tariki ya 15 Nzeri 2024.
IGIHE