Umuhanzikazi w’Umunyamerika Melissa Viviane Jefferson wamamaye nka Lizzo, yafashe umwanzuro wo kureka umuziki kubera uko abantu bamufata.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Umuhanzikazi Lizzo yaretse umuziki
30 March 2024, by Uwiduhaye Theos -
Laika, Amalon, Rlutta bakoze mu nganzo… Indirimbo nshya za Weekend
20 April 2024, by Uwiduhaye TheosNk’uko benshi badukurikira bamaze kubimenyera, buri mpera z’icyumweru twabageneye inkuru igaruka ku ndirimbo nshya zabinjiza neza muri Weekend.
-
Ibyihariye kuri Ndabaga, umukobwa rukumbi wihebeye ibyo gusobanura filime (Amafoto)
21 April 2024, by Uwiduhaye TheosNtabwo arubaka izina ku rwego ruhambaye ariko abantu bamwe batangiye kumumenya kandi banyuzwe n’ibikorwa bye, kubera ubuhanga no kuba ari umwe mu bakobwa bake binjiye mu mwuga w’ubusobanuzi bwa filime.
-
Kenny Sol, Riderman,Tonzi, Cyusa na Zeo mu bakoze mu nganzo… Indirimbo nshya za Weekend
27 April 2024, by Uwiduhaye TheosAbakurikira IGIHE umunsi ku wundi bamaze kubimenyera ko mu mpera z’icyumweru, tubagezaho indirimbo nshya zagiye hanze yaba iz’abahanzi bagezweho mu Rwanda n’abandi bakizamuka baririmba umuziki usanzwe n’uwo guhimbaza Imana.
-
Uwineza Nicole ‘Maman Beni’ agiye kugaragara mu bice bishya bya filime ‘Ishusho ya Papa’
20 January 2024, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’imyaka itatu atagaragara muri sinema, Uwineza Nicole, wamamaye nka ‘Maman Beni’ muri filime yitwa City Maid, agiye kugaragara mu gice cya gatatu n’icya kane cya filime yitwa ‘Ishusho ya Papa’.
-
Green P ntiyemeranya n’abagifata abaraperi nk’abadashobotse
9 March 2024, by Mahoro VainqueurUmuraperi Green P anenga abakomeza gufata abareperi nk’abantu badashobotse cyangwa batagira gahunda, cyane ko bituma hari ababyuririraho bikabihuza n’impamvu ituma batagaragara mu bitaramo cyane ugereranyije n’abandi bahanzi.
-
Bamwe bakuze basanga ba se barahindutse abagore! Ibyamamare bifite ababyeyi babarizwa muri LGBTQ+
3 May 2024, by Uwiduhaye TheosMu isi y’uyu munsi ibintu bigenda bihindura isura ku buryo bigera aho ugasanga ibyiyumvo by’umuntu yavukanye, uko agenda akura birahinduka bikagera aho uwiyumvaga nk’umugabo asigara yumva ari umugore byanarimba bikarangira yihinduje igitsina cyane ko iterambere ryabyoroheje.
-
Ibitaravuzwe kuri Semuhungu wongeye kugaragara i Kigali
2 May 2024, by IGIHENyuma y’igihe kirekire atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Semuhungu Eric yongeye kugaragara mu rw’imisozi igihumbi, icyakora ntiyaje wenyine kuko yakurikiwe n’inkuru nyinshi zimuvugwaho, ndetse benshi bakibaza impamvu batamubonye mu mapingu ubwo yageraga ku Kibuga cy’Indege cya Kigali kiri i Kanombe.
-
King James yaririmbiye abageni, Christopher, Nel Ngabo na Kenny Sol bakora mu nganzo… Indirimbo nshya za Weekend
4 May 2024, by Uwiduhaye TheosAbakurikira IGIHE umunsi ku wundi bamaze kubimenyera ko mu mpera z’icyumweru, tubagezaho indirimbo nshya zagiye hanze yaba iz’abahanzi bagezweho mu Rwanda n’abandi bakizamuka baririmba umuziki usanzwe n’uwo guhimbaza Imana.
-
Filime ya Nahimana isigaye yerekanwa mu ndege za Brussels Airline na Fly Emirates
20 January 2024, by Mahoro VainqueurFilime “I Bwiza” [Tenacity] ya Nahimana Clémence wamamaye mu rwenya nka Feruje igaruka ku mvune z’abahanzi, yabengutswe n’ibigo bikora ingendo zo mu kirere birimo Brussels Airline na Fly Emirates.
IGIHE