Nyuma yo gusubika ibitaramo bye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Nel Ngabo yahishuye ko byatewe nuko byahuriranye n’ibikorwa byo kwiyamamaza n’amatora byabaye muri Nyakanga 2024, batekereza kubyimurira muri Kanama 2024 na bwo ntibibakundire.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Nel Ngabo yakomoje ku mpamvu yasubitse ibitaramo bye byo muri Amerika
29 August 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Jonathan Roumie ukina ari Yesu muri filime ‘The Chosen’ ari i Kigali (Amafoto)
29 August 2024, by Nsengiyumva EmmyJonathan Roumie ukina ari Yesu muri filime ‘The Chosen’ yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa 28 Kanama 2024 mu rugendo yagize ibanga ndetse amakuru ahari agahamya ko n’abamwakiriye yabihanangirije kugira umunyamakuru babwira iby’urugendo arimo.
-
Miss Iradukunda Elsa yongeye gushimangira urwo akunda umugabo we Prince Kid
31 August 2024, by Nsengiyumva EmmyNyampinga w’u Rwanda wegukanye ikamba mu 2019, Iradukunda Elsa yongeye gushimangira urwo akunda umugabo we Prince Kid bamaze umwaka bakoze ubukwe nubwo kugeza uyu munsi batakibarizwa mu rw’imisozi igihumbi.
-
Uko abafite ubumuga bwo kutabona bahinduriwe ubuzima no gukora ‘massage’
16 March 2024, by Mahoro VainqueurKumva ko umuntu usanganywe ubumuga bwo kutabona yabasha gukora ‘massage’ kandi akayikora neza, si buri wese uhita abyumva iyo akibwirwa iby’iyi nkuru gusa ni umurimo ushoboka cyane ndetse unatunze abawukora bafite intero igira iti “Dufite ibiganza bibona.”
-
Knowless yatanze umukoro waganisha abahanzi ku iterambere
19 March 2024, by Mahoro VainqueurButera Knowless yasabye Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi kubakorera ubuvugizi kugira ngo uruganda rw’umuziki rushakirwe abashoramari, binajyane no kugabanyirizwa imisoro ku bikoresho bimwe na bimwe no kongera imbaraga mu bikorwa remezo by’umuziki.
-
Uruhare rw’ubuhanzi mu kwiyubaka k’u Rwanda mu mboni z’abarimo Mariya Yohana na Humble Jizzo
19 March 2024, by Mahoro VainqueurAbahanzi barimo Mariya Yohana, Massamba Intore, Jabastar na Humble Jizzo bagarutse ku ruhare rw’ubuhanzi n’umuziki mu bihe byo Kwibuka Jenoside Yakorewe Abatutsi, ndetse no mu rugendo rwo kwiyubaka k’u Rwanda mu myaka 30 ishize.
-
Mu buhanzi haracyagaragara ruswa y’igitsina- Marie France Niragire (Video)
21 March 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuyobozi w’Inama y’Igihugu y’abahanzi, Niragire Marie France yashimangiye ko mu buhanzi hakigaragara ruswa ishingiye ku gitsina by’umwihariko ku bahanzi bashya baba bashaka kubaka izina.
-
Thee Stallion, Bulldog, Juno na Papa Cyangwe mu bakoze mu nganzo… Indirimbo nshya za Weekend
7 September 2024, by Uwiduhaye TheosNk’uko bisanzwe bigenda mu mpera za buri cyumweru, IGIHE ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya z’abahanzi barimo abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka.
-
Teta Sandra yahakanye ibyo kongera gukubitwa n’umugabo we
16 September 2024, by Nsengiyumva EmmyTeta Sandra yahakanye amakuru yari amaze iminsi asakajwe ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yaba yongeye gukubitwa n’umugabo we Weasel.
-
Umwami w’udushya! Urusobe rw’ibyiza n’ibibi mu myaka 10 ya Davis D muri muzika
24 September 2024, by Uwiduhaye TheosNi umwe mu bahanzi bamaze kuba ibirangirire mu Rwanda no hanze yarwo kubera udushya twa buri munsi adahwema gukora yifashishije imbuga nkoranyambaga.
IGIHE