Diamond yicujije kutitabira imikino ya BAL nyuma yo kubona ibihe byiza abarimo Juma Jux na Chioma Ikokwu bagiriye mu Mujyi wa Kigali mu mashusho yasakaje ku mbuga nkoranyambaga bari kubyinana indirimbo Komasava.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Diamond yicujije kutitabira imikino ya BAL
6 June 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Dr Claude, Nel Ngabo, Kivumbi na Element bakoze mu nganzo… indirimbo nshya za Weekend
8 June 2024, by Uwiduhaye TheosAbakurikira IGIHE umunsi ku wundi bamaze kubimenyera ko mu mpera z’icyumweru, tubagezaho indirimbo nshya zagiye hanze yaba iz’abahanzi bagezweho mu Rwanda n’abandi bakizamuka baririmba umuziki usanzwe n’uwo guhimbaza Imana.
-
Umubyeyi we yaririmbye muri Orchestre Ingeri : Inkomoko y’impano ya Ariel Wayz
10 March 2024, by Mahoro VainqueurBurya koko ntakabura imvano, imiririmbire n’ijwi ridasanzwe by’umuhanzikazi Uwayezu Arielle [Ariel Wayz] abikomora ku mubyeyi we (Mama) na we wabaye umuririmbyi wa ’Orchestre Ingeri’, rimwe mu matsinda y’abaririmbyi yakanyujijeho mu Rwanda ahagana mu myaka ya za 80-90.
-
Bruce Melodie agiye kugaragara mu kiganiro gikomeye muri Amerika
11 March 2024, by Daniel HavugaruremaUmuhanzi Bruce Melodie, agiye gutaramira abakurikira ikiganiro ‘Good Morning America’ kiri mu bya mbere bikunzwe cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Ibyo wamenya ku mwana w’imyaka umunani wagaragarije impano idasanzwe muri Gen-Z Comedy (Amafoto)
14 June 2024, by Nsengiyumva EmmyMu gitaramo cya ‘Gen-Z Comedy’ cyabaye mu ijoro ryo ku wa 13 Kamena 2024, abantu batunguwe n’umwana w’imyaka umunani ufite impano idasanzwe mu mikino ngororangingo.
-
Active yagarutse, Rumaga na Chris Eazy bakora mu nganzo… Indirimbo nshya za Weekend
22 June 2024, by Nsengiyumva Emmy, Uwiduhaye TheosNk’uko bisanzwe bigenda mu mpera za buri Cyumweru, IGIHE ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya z’abahanzi barimo abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka.
-
Umunyamideli wavuzwe mu rukundo na Diamond, yaciye amarenga ko ari kugirana ibihe byiza na Kevin Kade (Amafoto)
23 June 2024, by Nsengiyumva EmmyJasinta Makwabe, umunyamideli wigeze guhagararira Tanzania mu irushanwa rya Miss Africa Calabar mu 2021, akaba umwe mu nkumi zavuzwe mu rukundo na Diamond Platinumz yaciye amarenga ko ari kugirana ibihe byiza na Kevin Kade.
-
Ubwo baherukanaga bari bafatanye mu mashati! Dr Claude yongeye guhura na Mico The Best
25 June 2024, by Nsengiyumva EmmyDr Claude na Mico The Best bari bamaze imyaka irenga 15 nta numwe uvugana n’undi n’ubwo nta rwango bari bafitanye, bongeye guhura bahujwe n’igikorwa cyo kwamamaza Paul Kagame, Umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi ku mwanya wa Perezida wa Repubulika.
-
Pacson, Topher na Confy bakoze mu nganzo: Indirimbo nshya za Weekend
29 June 2024, by Uwiduhaye TheosAbakurikira IGIHE umunsi ku wundi bamaze kubimenyera ko mu mpera z’icyumweru, tubagezaho indirimbo nshya zagiye hanze yaba iz’abahanzi bagezweho mu Rwanda n’abandi bakizamuka baririmba umuziki usanzwe n’uwo guhimbaza Imana.
-
Umunyarwenya Doctall Kingslay ’Ntakirutimana’ yasabye Abanyarwanda gutora Paul Kagame
2 July 2024, by Peacemaker PunditUmunyarwenya wo muri Nigeria uzwi nka Doctall Kingslay wiyise Ntakirutimana yafashe amashusho ayasangiza abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga asaba Abanyarwanda gutora Paul Kagame, umukandida wa FPR Inkotanyi.
IGIHE