Ishyaka PS Imberakuri ryandikiye ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo rivuga ko nta baruwa ryigeze ryandika risaba Akarere ko kariha uruhushya rwo gukora imyigaragambyo yamagana amatora ya referendumu, ndetse ko ryitandukanyije n’umuntu wese ushaka kuyobya Abanyarwanda muri ubwo buryo.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > Special_2017
Special_2017
Articles
-
PS Imberakuri yitandukanyije n’abashatse gukora imyigaragambyo yamagana referendumu
12 December 2015, by Philbert Girinema -
Umukuru w’Igihugu ushoje manda ‘neza’ yemerewe kuba Senateri abanje kwandikira Sena
30 October 2015, by Philbert GirinemaUmushinga w’Itegeko Nshinga rivuguruye ugena ko Perezida wa Repubulika urangije manda ye ‘neza’ ahabwa kuba umusenateri abanje kwandikira Perezida wa Sena akabyemererwa.
-
Gasabo:Abadepite basobanuriye abaturage impinduka z’ingenzi mu Itegeko Nshinga
11 December 2015, by Kanamugire EmmanuelMu biganiro Itsinda ry’Abadepite bo mu Nteko Ishinga Amategeko bagiranye n’abaturage bo mu mirenge ya Remera na Kimironko, hagamijwe kubasobanurira iby’ingenzi byahindutse mu Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo ku wa 4 Kamena 2003 ryavuguruwe mu 2015, babakanguriye kuzatora ‘Yego’.
-
Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi yemeje umushinga w’ivugururwa ry’Itegeko Nshinga
10 August 2015, by Philbert HagengimanaInteko Ishinga Amatageko imitwe yombi yemeje raporo y’ibyakusanyijwe hirya no hino mu biganiro intumwa za rubanda zagiranye n’abaturage ndetse hanemezwa ko hatangizwa umushinga ku ivugururwa ry’Itegeko Nshinga.
-
Ishyaka PPC ryashyigikiye ko Itegeko Nshinga ryahindurwa
30 March 2015, by Mathias HitimanaIshyaka ry’iterambere n’ubusabane (PPC) ryemeje ko rishyigikiye ko Itegeko Nshinga rya Repuburika y’u Rwanda rihinduka, ku buryo ritazitira Perezida Paul Kagame kongera kwiyamamariza kuyobora u Rwanda kuko ngo imiyoborere ye yabaye nta makemwa.
-
Mu mezi 2, Inteko izemeza ishingiro ry’umushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga
6 October 2015, by Richard Dan IraguhaKuva kuri uyu wa mbere tariki ya 5 Ukwakira 2015 nibwo Inteko Ishinga Amategeko yatangiye igihembwe cya gatatu gisanzwe, aho biteganyijwe ko muri icyo gihembwe Inteko izatora ishingiro ry’umushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga.
-
Amatorero n’amadini arenga 40 yasabye ko Itegeko Nshinga ryavugururwa
4 May 2015, by Mathias HitimanaIhuriro ry’Amadini n’Amatorero mu Rwanda rigizwe n’arenga 40 kuri uyu wa Mbere ryatangaje ko rishyigikiye ko Itegeko Nshinga ryavugururwa, ku buryo mu mwaka wa 2017 Perezida Paul Kagame atazazitirwa kwiyamamaza n’ingingo ya 101 iteganya ko Umukuru w’Igihugu agomba kuyobora manda ebyiri gusa.
-
UR bamaganye uwabitiriye ko bitandukanyije n’Ivugururwa ry’Itegeko Nshinga
9 August 2015, by Philbert HagengimanaIhuriro ry’abanyeshuri biga mu mashami yose ya Kaminuza y’u Rwanda, bitandukanyije n’inyandiko idasinye yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga, igaragaza ko batifuza ivugururwa ry’Itegeko Nshinga.
-
Kagame yemeje Itegeko rishyiraho Komisiyo yunganira Inteko mu kuvugurura Itegeko Nshinga
1 September 2015, by Philbert GirinemaPerezida Paul Kagame yemeje Itegeko rishyiraho Komisiyo ishinzwe kunganira Inteko Ishinga Amategeko mu ivugururwa ry’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo ku wa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, rikanagena inshingano, imiterere n’imikorere byayo.
-
PSD igiye gukusanya ibitekerezo bizavugurura Itegeko Nshinga
27 July 2015, by Philbert HagengimanaIshyaka riharanira Demukarasi n’imibereho myiza y’abaturage “PSD” rigiye gukusanya ingingo zikwiye kuvugururwa n’ibindi bitekerezo byashyirwa mu Itegeko Nshinga bikazajyana no kuvugurura ingingo ya 101.
IGIHE