IGIHE.com > Abantu > Kubaho > Urukundo

Abagore bakiri bato baba bagira amashyushyu y’imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara


Yanditswe kuya 7-07-2012 - Saa 08:42' na IGIHE

Ubundi ubusanzwe ngo abagore nyuma yo kwibaruka ntibajya bagira amashyushyu yo gukora imibonano mpuzabitsina, uretse wenda rimwe na rimwe, ariko mu Bushakashatsi bwakozwe na Kaminuza ya MICHIGAN (Michigan University) bwerekanye ibitandukanye n’ibi ko ahubwo abagore batagirira amashyushyu imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara.

Mu nyigo yabo bavuga ko uretse umunaniro, cyangwa se imisemburo ibaye itameze neza, ubundi abagore bakiri bato (badakuze) baba babyiyumvamo bakumva bashaka kubonana n’abagabo babo, ndetse bikaba byaba na mbere y’ibyumweru bitandatu nubwo baba babibujijwe n’abaganga.

Abagore bagera kuri 300 babyaye muri iki gihe cy’imyaka irindwi ishize bagize icyo bavuga kuri ibi by’imibonano mpuzabitsina, n’uruhare abagabo babo babigiramo, biza kugaragara ko abagore badakora imibonano mpuzabitsina kubera abagabo babo babibahase ahubwo ari uko baba bumva babishaka (babyiyumvamo).

Ngo abagore bumva bakeneye kuba hafi (kwegera) ya ba se b’abana babo bityo bigatuma bahita babonana byihuse (baryamana) ; ibi bikaba byerekana akamaro k’abagabo n’uburyo abagore baba babakeneye mu gihe runaka.

Ubu bushakashatsi bukomeza buvuga ko niba abagore banga gukora imibonano mpuzabitsina kandi ari abagore (aba mama) byaterwa gusa nuko baba bananiwe, abikiriye umwana cyangwa se bahugiye mu bintu runaka (nta gihe bafite).

Barakomeza bavuga ko mu mezi atatu nyuma yo kubyara, abagore bagera kuri 85% bagira imibonano mpuzabitsina yuzuye (les rapports sexuels complets), 65% bagira iciye mu nzira zo kuvuga (rapports sexuels par voie orale), 61% bo barikinisha (masturbation), naho 26% bakora imibonano mpuzabitsina mbere y’ibyumweru bitandatu nubwo baba babibujijwe nkuko byatangajwe n’ububushakashatsi bwakorewe muri Kaminuza ya Michigan.

Inkuru ya Umuganga.com

IBITEKEREZO
ubundise mudakoze iyo mibonano mpuzabitsina ntimwabaho,aho gukora amahano musenya ingo zabandi,abandi mukuramo indodo igihe cyitaragera ?umunsi ibitsina byakuweho se muzapfa ?burikintu nigihe cyacyo,niba uri umukobwa plz wait,niba uri kukiriri tegereza ucyire,ntaho ijya,mwiheshe agaciro
Musubize11.12.2012 saa 01:02
######
mwabantumwe ibibandika nukubeshya ntiwakora ikintu ngutange itangazo abantu bage biyubaha uretse ko ntamwana wumukobwa ukemerako arimuto birakomeye
Musubize9.11.2012 saa 09:54
kanye
Hanze aha !!!!
Musubize19.07.2012 saa 03:41
Ndiho Ph.
SHA NAJYE NAVUYE KU KIRIRI UWO MWANYA DUHITA TUBIKORA NUBWO NABABARAGA ARIKO NUMVAGA MUKUMBUYE CYANE NDETSE NAWE ARUKO KUBURYO TUTARI KWIHANGANA IBYO BYUMWERU KDI TWARARYOHEWE CYANE COMME AU PREMIER JOUR.
Musubize17.07.2012 saa 15:56
madudu
jye byaranyobeye neza neza. nabaye aho ndi isugi kugeza ku myaka 24. uwo twakundanaga akibeshya akansaba naramwimaga kandi bikatuviramo gutandukana kuko numvaga nzabikora nasezeranye. Nyuma nza gukundana n'umu type mwimariramo. Aho tubikoreye nararyohewe ku buryo mba mwishakira ! Sinari nzi ko biryoha kariya kageni ! ikibabaje n'uko tutagikundana kandi mba numva nta undi nakwemerera ! Ahubwo mungire inama z'uko nabyitwaramo. Nawe yarambwiye ngo nta undi wigeze amuryohereza nkanjye. Nkore iki ?
Musubize17.07.2012 saa 03:21
yoyoyoyo
umva nshutiyanjye,rekatuzabonane nanjyendabona duhuje tumarane agahinda.send 4me your nember.
21.07.2012 saa 04:50
chris
jye ndumva mwakomezanya kuko n'ushaka undi ntago urukundo rwanyu ruzaramba. muzajya mujya kubikora uhite witekerereza wawundi wambere.nk'inama naguha n'uko niba ntakintu gikomeye mwaphuye mwakongera mugasubukura umubano wanyu.murakoze !!!!
23.07.2012 saa 06:51
franco
muvandimwe citoyen,si ngombwa ko abantu bose bahangayikishwa n'ikiguhangayikishije.-ubabajwe n'imirire,hari ababimena n'imbwa zabihaze-Hariho abatagira ikibazo na gito cyakwitwa amakimbirane,bahorana morale n'ibyishimo.Nta mpamvu zo kurega imitsi ngo isi irugarijwe.nibyo,ariko amaherezo se ? nta gihe bitabayeho. NEZERWA NTUKIBABAZE, LIFE IS SHORT . Abagore rero sibo burya barota bakize hariya hantu,barakumbura kandi ni mu gihe.Uwiwanjye we uwo munsi yararize kandi ubundi yarishimaga nkabibona ariko chose etonnante,yambwiye ko yabitewe na emotion ivuye kw'urwo rukumbuzi.!
Musubize16.07.2012 saa 09:25
joe
Byose biterwa na physionomie y'umuntu (imiterere ye) nk'uko hari abagira amatembabuzi menshi abandi make. bigaterwa n'igipimo cy'urukundo, n'uburyo cyangwa igihe (circonstances) imibonano yakorewe mo. kwizihirwa mu mibonano mpuzabitsina biterwa n'ibintu byinshi...... igihe cyose umugore cyangwa umugabo adaheruka, yumva abishaka kandi akaryoherwa. Madame rero, hari uburyo bwo kuba wanezeza umugabo wawe kandi nawe akakunezeza ataguturikirije indodo ngo usigare wicuza...
Musubize16.07.2012 saa 01:29
Mahoro
ubwo buryo ni ubuhe ?
23.07.2012 saa 06:54
koko
Mfite imyaka 19 gusa kugeza ejobundi nari nkiri vierge kuko nahoraga ntinya abahungu.Ejobundi nahuye n'umugabo wubatse hariya ku MUHIMA nuko ampa ka fanta ;nuko anjyana iwe.Yarandongoye numva ndyohewe cyane.Nymra mugitondo kubera kuguma gutekereza igitsina nahuye n'umusore mbona ntacyo amariye na mba.Umenya abasore baba batazi kurongora neza.Nasubiye kureba wa mugabo kuburyo yankoreye neza numva ndishimye.BURYA ABAGABO BAZI KURONGORA NEZA NIYO MPAMVU TUBAKUNDA.Aho gusanga umusore nashaka umugabo cy umusaza.Arega burya ngo nta mugabo usaza
Musubize16.07.2012 saa 01:11
Umutoni Laurence
Wowe uri uwo gusengerwa nta kundi, imyaka 19 ??? Maze ugatinyuka ugashyiraho n'amazina yawe ?? ni Publicité ngo n'abandi bashurashuzi bagusange se ??? banza uvuge n'amazina y'uwakuraruye nawe tumugaye..... Maze uzashake nk'uwo wararuye wumve uko biryana nshuti........
17.07.2012 saa 03:44
Mahoro
Nanjye ndi umugabo ubizi cyane. Ndi umuhanga kabisa uwo ndongoye ampozaho umutima. Wowe nyandikira kuri bagumagamba20@yahoo.com maze wirebere aho barongora ureke ibyo wari usanzwe uzi.
18.07.2012 saa 03:34
Baguma
mutoni rekankugire inama dore uracyari muto,irinde gusenya ingozabandi kuko byanzebikunze nutisubiraho bizakugiraho ingaruka mbicane.plz shaka uwomungana bizakugira iherezo ryiza.REBAKURE my suster
21.07.2012 saa 04:58
chris
WOWE MUTONI LAURENCE URI UMUKOZI WA SATANI RWOSE IMANA IGUFASHE UMWANA UNGONA NAWE UKIYAMAMAZA KO UZI GUSENYA INGO ZABANDI KUBERA FANTA MBABAJWE NUZAGIRA IBYAGO AKAGUSHAKA UBWO RERO EJOBUNDI UZIRUKIRA MUBAROKORE DOREKO BAGOWE
22.07.2012 saa 11:21
MUKRISTO
Ariko rwose mushiki wanjye,ibyo wavuze nukuri ?ndumva wafashe hasi no hejuru mu gushaka abagabo !warukwiye kubihagarika kuko ntacyo bigeza ku muntu atari ukumujyana mu rupfu.icyo naguhanura nuko wabihagarika ukazabikora waramaze kurongorwa.wizere Yesu aragukiza kandi azaguha umugabo mwiza ugukunda kandi azagushimisha nkuko ubyifuza.....uracyari muto reka kwangiza future yawe !
28.07.2012 saa 07:56
Blaise Bula
Jye nabikoze mbere y'iminsi 10,ngifitemo n'indodo za episiotomie,biryoha bya hatari. Ubwo se ahubwo umugore yamara ibyumweru 6 byose atarwaye,ntibyashoboka.
Musubize10.07.2012 saa 04:43
Rachel
RacheL uvugishije ukuri ariko unkuyeho
13.07.2012 saa 07:24
harelimana
Wa mu dame we urandangije kabisa ! Ntabwo nari nzi ko umuntu w'umubyeyi yavuga ko yakoze imibonano mpuzabitsina atarakira indodo !! Ubwo rero zaba zaravuyemo hagakira nabi(mauvaise cicatrisation)umugabo akazaguta kubera ko utameze nk'uko wagombye kumera wasanga utera induru ngo umugabo yampoye iki ? Muganga aba yahashyize indodo kugira ngo ukomeze ube uko wari umeze. Ni byiza gukurikiza inama muganga aba yaguhaye kuko haba hari impamvu.
15.07.2012 saa 10:29
muganga
ahaaa !!! jye ndumiwe niba koko aba bagore babaho sinkamutunge
Musubize9.07.2012 saa 12:43
Bisso Straton
reka sha karaha ibyo ni ibyaha nawe bivemo ujye muri Yesu azakubatura
Musubize8.07.2012 saa 06:58
kk530kl@yahoo.fr
CARINE MUHAYE GOOD ,KAMALI MUHAYE POOR
Musubize7.07.2012 saa 11:10
KABANDA WILLIAM
Abagore bakiri bato babyaye rimwe bararyoha kurusha abakobwa bakiri vierge ! Akiguha atitangiriye itama kandi kubera ko kiba kimaze kwaguka gato, kiramuryaryata kuburyo aba ashaka ko uyigeza kure hashoboka. Ndakangurira abasore bose bataragira iyo experience kubikora bakumva itandukaniro n'utwo dukobwa tw'utunyeshuri muhoramo. Umugore nkuwo aranyara akuzuza uburiri kuko yizihirwa cyane. Please amusez-vous
Musubize7.07.2012 saa 07:01
karaha
nyakubahwa reka gusenyera bagenzi bawe niba wubatse kuko izo nama utanze ntago ari nziza namba.
23.07.2012 saa 07:06
fra
Harya ubuzima bw'umuntu, uko yibanira n'uwo bashakanye n'igihe ahurira nawe nabyo mugomba kubyivangamo ? Ibi nabyo ni imitwe ! Ngo ni ubushakashatsi ?! Hari ibindi bibazo byinshi bihangayikishije abatuye iyi si byakagombye kudufata umwanya : indwara z'ibyorezo,ibiribwa bidahagije,amakimbirane atumaraho abacu ku maherere,uburezi bw'abana bazadusimbura,....Mugire impagarike n'ubugingo.
Musubize7.07.2012 saa 04:40
citoyen

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!