Kuki abagabo bakunda amabere y’abagore


Yanditswe kuya 28-09-2012 - Saa 08:16' na Umurerwa Emma-Marie

Mu bice nyaburanga bigize umubiri w’umugore hari ibice bikundwa n’abagabo kuruta ibindi, muri ibyo bice bikundwa amabere aza ku isonga, bikaba bitangira igihe umwana w’umuhungu aba arimo konka.

Larry Young hamwe na Alexander Brian impuguke mu bijyanye n’imibanire y’abantu bagaragaje ko bakoreye ubushakashatsi ku bagabo basaga 300 bo muri Leta ya Ohio muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mbere yo kureba uburanga bw’umugore kimwe cya kabili cy’abagabo bakoreweho ubu bushakashatsi tangaje ko babanza kureba mabere ye.

Amakuru dukesha urubuga rwa Daily mail.co.uk, aratangaza ko kimwe cya gatatu cy’abagabo, ari bo bareba ikimero mbere y’ibindi byose, na ho abatagera kuri 20 % birebera isura mbere y’ibindi.
Abakoze ubu bushakashatsi batangaje ko abana b’abahungu bakunda gusinzirira mu gituza cya ba nyina, ngo bituma n’iyo bakuze banezezwa n’uko abagore babegereza igituza cyabo.

Bamwe mu bagabo b’Abanyarwanda baganiriye na IGIHE, batangaje ko iyo bagiye kureba ubwiza bw’umukobwa bataburebera ku mabere ahubwo bareba uburanga bwe ndetse n’ikimero, hanyuma amabere akaza nyuma ngo n’ubwo na yo ari mu bintu nyaburanga bigize ubwiza bw’umugore.

IBITEKEREZO
iyinkuru niyo irimo ubwenge kurusha izindi kwariyo igize koment nyishi ?abahungu barashize tu !
Musubize18.11.2012 saa 02:32
hty
Ese musigahe mugereranya ibyo mubona ku mugore n´urukundo.None se impumyi zo ntabwo zikunda ,mwavuga ngo zirakabakaba.Ushora kumva impuro y´umuntu, ukumva wakongera kumubona ,ugakunda uko ateye ;uko aseka uko areba ,uko aganira,uko abyina ,uko aguhobera .., uko agufata mu biganza ,mu gituza,ukumva yakuba uruhande,bikaba nka rukuruzi ,ukamushaka aho yaba ari hose .Umubuze ukaba wamererwa nabi cyane. Kunda umugore ,umukunde wese ;umuhe urugwiro umufitiye ,nibwo uzumva uburyohe bw´urukundo.Kuko urukunddo ntakindi ruzi uretse gukunda.
Musubize29.10.2012 saa 12:47
Immaculée,
nta kosa kuvuga ibiriho abazana imana baratandukira ?
Musubize24.10.2012 saa 04:53
eddy kabatsi
Nuko utazi uwo twahuye afite utubere tw'udushumi.
Musubize24.10.2012 saa 03:45
5
byose bizashira !!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Musubize23.10.2012 saa 04:34
yoweri
Icyakwereka man guhura n' umukobwa ufite amabere ameze fresh wumva wahita umunywa nk' amata y' i Nyanza ntibigira uko bisa kugira umugore ufite amabere meza wazahora muri ibyo byiza ubuziraherezo !!!!!!!!!!!!
Musubize16.10.2012 saa 05:33
ijisho
Eh !Ariko kweri muzatubwire a l'inverse,abakobwa bo bakunda iki nu bahungu ?
Musubize13.10.2012 saa 03:27
p
NI HATARI KABISA !
Musubize13.10.2012 saa 03:23
M
hari igihe uwibesha ngo ugiye kzonka hawe amashereka
Musubize12.10.2012 saa 02:06
lqurent
bazi guhitamo da !
Musubize11.10.2012 saa 02:13
km
utayazi niwe wayavuga nabi jyewe nifurije umugisha abayameze mbagir'inama yokuyacunga neza
Musubize10.10.2012 saa 16:33
######
Umuntu wese nugushima uko Imana yamureye twese ntabwo twari kuremwakimwe kandi harimpamvu Imana yamuhaye manini !
Musubize9.10.2012 saa 12:29
Nelly
urakoze cyane njye muri iyi minsi iyo ndebye nsanga imana itwibazaho byinshi kuko umuntu ntashima icyo afite ahubwo ahangayikiye ibyabagenzi nubwo ibye aribyo byaba twekugondoza bishimwa imana.imana iguhe umugisha kubwinama nziza watugiriye
10.10.2012 saa 07:28
olive
njye birandenze pe , kuki igitsina gabo dukunda amabere y , abagore
Musubize4.10.2012 saa 08:52
felicien
BIRABABAJE KUBA BAMWE MUBAGABO BATEKERAZA KO AMABERE ARIBO AKWIRIYE KURUSHA ABANA !!!!! BAGABO NIMEZA PE ARIKO NABANA MUBITEHO KUKO BITUMA BAGIRA UBUZIMA BWIZA .ESE YE AMATA NAMASHEREKA KUMWANA IGIFITE AKAMARO KURUSHA IKINDI NI IKIHE ?SO MWITE KU BANA
Musubize3.10.2012 saa 11:37
GGGGGGGGGGGGGGGG
Ibyo byose ni bidushuka soma ijambo ry'Imana bikuvemo ntacyo bimaze ingaruka zabyo n'ubusambanyi n'urupfu rutazashira kuko ibi byose bifite igihe cyabyo n'uko rero twashaka Imana no gukiranuka kwayo byonyine
Musubize3.10.2012 saa 10:44
ndibyariye jackson
AMABERE YABO NTABWO ABEREYE ABAGABO.UBUNDI SE KUKI UMUHUNGU YUMVA KO YAKORA KU MABERE Y'UMUKOBWA UWO ARI WE WESE ? NI BIBI CYANE KUKO IMANA ITUBWIRA KO DUKWIRIYE GUHUNGA IRARI RY'UMUBIRI.NI NGOMBWA KO DUTEGEREZA KUGEZA NIBURA TWUBATSE INGO ZACU KANDI TWUBAHA IMANA MURI BYOSE.IMANA IKUNDA UMUNYABYAHA ARIKO IKANGA ICYAHA.ABABIKORA NIBABIREKE.
Musubize3.10.2012 saa 10:43
DUKUZUMUREMYI EDISON
Bonjour ! amabere meza ateye ate se ngo nanjye menye ahombarizwa aho sicyo naba nzira
Musubize3.10.2012 saa 09:03
cynthia
ni agenda yikoza hirya n'ino nk'iyo umukobwa arimo akora sport
3.10.2012 saa 10:49
oui bonjour ! sha ayawe niyo meza don't worry kandi niba warahebye i 'm ready
12.10.2012 saa 04:58
what
Nanjye nkunda ko cheri wanjye ayakurura, sinjya ntekereza ko hari ingaruka bizangiraho ! Ariko kuyamwima sinabishobora ahubwo mungire inama. hari ubwo ajya gusohora akayihagika yagati yayo nkumva biranyobeye pe ! Ibi bintu ni byiza cyane Imana yonyine ni yo izabinkiza.
Musubize2.10.2012 saa 05:17
Mignone
naba nawe ;iryohere mwiza
2.10.2012 saa 10:58
system
nibyose koko ? ngirango ururimi nirwo rushimisha amabere ? none nayandogobe irayashimisha ? nsobanurira ikikunezeza kurusha ikindi.
2.10.2012 saa 12:17
rubundakumazi
Umubyeyi ucutsa umwana ngo se yonke, iba ari ikiburamutima. Umwana azahora ari uwawe kandi uko wamera kose, azahora akubonamo umubyeyi. Naho uwo mugabo gito, ayo mabera nahirima, dore ko byanga bikunda azahirima, uzabona ko atakikwitayeho...
Musubize2.10.2012 saa 00:38
Mahoro
Ntacyo mwabikoraho niko Imana yaturemye:iyo ukoze umukobwa ku mabere nawe hari ibindi yumva, kuyareba rero si ikindi ni uko uba utekereza biciyemo uko wayakaresa kandi abagore nabo bazi uburyo bishimisha. Mwirinde ibishuko rero kuko nabonye muri iyi minsi gahunda ya bashiki bacu ari ukuyanika. Ba boss iyo mu biro bo ngo ni ibicika akuvugisha yayagushyize mu bitugu ngo akwereka dosiye !
Musubize1er.10.2012 saa 07:20
citoyen
1 | 2

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!