Umuhanzi ukiri muto ‘Kubwimana Gilbert’ uzwi ku izina rya “Benzo” ukora Hip Hop wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka ‘Icyizere’, ‘Inzira’, ‘Nema’, n’izindi yapfushije nyina mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki 19 Gicurasi 2013.
Uyu muraperi wari ukiri muto, apfushije mama we azize indwara yamaranye iminsi, ariko akaba yararembye ku wa kane ndetse akajya muri ‘coma’, maze aza gushiramo umwuka mu ijoro ryakeye.
Imihango yo kumeherekeza iteganyije ku gicamunsi cyo kuri iki (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > best_hiphop
best_hiphop
Articles
-
Mama w’umuraperi ’Benzo’ yitabye Imana azize indwara
19 May 2013, by Audace Willy Mucyo -
Kubura kwa Jay Polly muri PGGSS 3 byateje impaka
5 March 2013, by Mathias HitimanaJay Polly utaratowe mu bahanzi 11 bazahatana mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star 3, abakunzi be hirya no hino bakabyibazaho, umujyanama we avuga ko byatewe n’inzika abanyamakuru batora bamugiriye kuko yigeze kubatuka.
Jay Polly yigeze kumvikana mu itangazamakuru ubwo yigeze yari yavuzweho ko yagiye muri Kenya akoresheje impapuro z’impimbano, agarutse mu Rwanda yabibazwaho akavuga ko abanyamakuru bamusebya ari “amadebe”
Umujyanama wa Jay Polly (Manager) , Uwera Jean Maurice , (…) -
Jay Polly avuga ko injyana ya Hip Hop igendana cyane n’umukino wa Basketball
18 March 2013, by Audace Willy MucyoUmuraperi Jay Polly yasusurukije abari baje gufana amakipe yabo mu mikino ya nyuma isoza shampiyona ya Basketball mu Rwanda izwi nka Playoffs.
Nk’uko byagaragaye muri stade nto y’i Remera, uyu muhanzi akomeje kuba umwe mu bigaruriye imitima ya benshi, N’ubwo byagaragaye ko mu marushanwa ya PGGSS atabashije kugaragaramo, ntabashe no gutwara igikombe na kimwe muri Salax Awards 5, Jay Polly yaraye yerekanye ko ashoboye muzika.
Hamwe n’itsinda ribyina ryitwa "Jabba Junior" banyuzagamo mu (…)
IGIHE