Ubuzima
  IGIHE.com > Ubuzima
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF),ku bufatanye n’Ihuriro rishinzwe kurandura burundu indwara y’agakwega mu bana n’ababyeyi,...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ritangaza ko hari intambwe yatewe mu bihugu byo ku isi hose mu kugabanya impfu z’abana, ariko...
Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) utangaza ko indwara nshya ifata imyanya y’ubuhumekero, iterwa n’agakoko coronavirus, imaze kuboneka ku...
Umuryango w’abibumbye (Loni) ubinyujije mu muryango ushinzwe ibiribwa ku Isi (FAO) wasohoye icyegeranyo kigaragaza ko udukoko tw’inigwahabiri...
Mu gihe hari abahitamo kugana muganga ari uko basumbirijwe n’indwara cyangwa se batatse ibicurane, byagaragajweko ari ngombwa kugana muganga...
Agakoko H041 ni ubwoko bwa kabiri bw’imitezi (gonorrhée) bwandurira mu mibonano mpuzabitsina, abashakashatsi bavuga ko bufite ubukana kurusha...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), ritangaza ko abantu basaga ibihumbi 107 bapfa buri mwaka bazize indwara ya kanseri...
Umwana w’umuhungu wavutse mu mezi arindwi ashize agahabwa izina rya Nsengiyumva Yves, ukubyibuha kwe kwaj impagarara mu muryango bituma se...
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’impuguke mu by’ubuzima mu kwezi gushize, buraburira abagabo bajya muri Sauna buri munsi, ko bishobora...
Impinja zumva neza ababyeyi bazo nubwo zaba zisinziriye iyo bari mu ntonganya, n’igihe bavuga bishimye. Iyo ababyeyi barimo gutongana bigira...
Benshi bakunze kwibaza impamvu umugore ucuze akunda guhura n’ikibazo cyo kuba yakongera ibiro cyangwa se mu nda hakaguka rimwe na rimwe...
Inzobere z’abaganga b’abakorerabushake b’Umuryango mpuzamahanga wita ku bagore, bavuye abagore 250 barwaye indwara ya “Fistula” ; umugore uyirwaye...
1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 |...