Nk’uko dusanzwe tubizi twese, Umuntu ndetse n’ibindi Binyabuzima byose bibaho igihe runaka, bikaza kugera ubwo bisaza.
Kuba Umuntu avuka, agakura bikazagera n’aho asaza, ni ibintu bisanzwe. Tukaba twakwibaza niba Abasheshe akanguhe baboneka ku Isi ya Rurema, tubafata mu buryo bumwe cyangwa tubaha icyubahiro kibakwiye.
Hari bamwe bagira bati : Urukwavu rushaje rwonka Abana barwo. Kubaho ku Isi ni uruhererekane, ku buryo uwo ari we wese agira uwo akomokaho, nawe akazagira abamukomokaho (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeColumnist
IGIHE
Usheshe akanguhe utabarutse ni nk’inzu y’ibitabo ikongotse