Mu minsi ishize abanditsi, abahanzi, abanyamakuru, abanyamategeko, abashakashatsi, abagize sosiyete sivili n’abarimu muri za kaminuza zitandukanye hirya no hino ku Isi basabye Loni kwirinda amakosa nk’ayo yakoze mu Rwanda, igahagarika umugambi wa Jenoside uri gutegurwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Jenoside muri RDC n’amakosa M23 itagomba gukora mu biganiro na Kinshasa: Ikiganiro na Mupenzi
19 March 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
IMF yahaye u Rwanda miliyari 254 Frw
14 December 2024, by IGIHEIkigega Mpuzamahanga cy’Imari cyemeje miliyoni 181,74$ (asaga miliyari 254 Frw) zigomba guhabwa u Rwanda kugira ngo yifashishwe mu bikorwa bitandukanye bigamije kuzamura ubukungu bw’igihugu.
-
U Rwanda rwamaganye Tshisekedi warushinje gutuza Abanyarwanda muri Kivu y’Amajyaruguru
14 December 2024, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, washinje u Rwanda gutuza Abanyarwanda mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Ibiganiro byagombaga guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi byasubitswe
15 December 2024, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yemeje ko ibiganiro byagombaga guhuriza i Luanda Perezida Paul Kagame na Félix Tshisekedi wa RDC, bitakibaye kubera ko icyo gihugu cyanze kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23.
-
Yolande Makolo yatunze agatoki abatifuza ko u Rwanda rubona inyungu muri Siporo
15 December 2024, by Ntabareshya Jean de DieuUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yagaragaje ko hari agatsiko k’abantu bifuza ko inyungu zose zo mu bucuruzi bwa siporo ziguma mu bihugu bike, ashimangira ko muri iki gihe ibintu byahindutse.
-
U Rwanda rwavuze ku myitwarire ya RDC, yatumye inama yari guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi isubikwa
15 December 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane y’u Rwanda yatangaje ko ibiganiro byagombaga guhuza abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byasubitswe kuko RDC yanze kuganira n’abarwanyi ba M23 mu murongo wo gushaka igisubizo kirambye ku ntambara imaze imyaka mu Burasirazuba bwa RDC.
-
Minisitiri Nduhungirehe yanyomoje RDC ku mpamvu y’isubikwa ry’inama ya Perezida Kagame na Tshisekedi
16 December 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteKu wa 15 Ukuboza 2024, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi akigera i Luanda, nta minota yashize ibiro bye bihita bitangaza ko inama yari kumuhuza na Perezida Kagame isubitswe kubera ko u Rwanda rwazamuye ingingo itunguranye yo kuganira na M23, ibintu u Rwanda rwanyomoje, rugaragaza ko iyi ngingo yaganiriweho kenshi kuva muri Kanama 2024.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abatuye Umujyi wa Kigali, yihaniza u Bubiligi: Uko igikorwa cyagenze (Amafoto na Video)
16 March 2025, by Philbert GirinemaPerezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rutazemera gukomeza gucunaguzwa n’u Bubiligi, avuga ko ari igihugu cyagize uruhare mu mateka mabi yose u Rwanda rwagize kandi n’ubu gikomeje gushyira igitutu ku bindi ngo rufatirwe ibihano rushinjwa kugira uruhare mu ntambara iri kuba mu Burasirazuba bwa Congo.
-
Amavubi yatsinzwe na Nigeria mu mukino warebwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame (Amafoto)
21 March 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Ubuhemu bw’u Bubiligi ku Rwanda n’impamvu gucana umubano byatinze: Ikiganiro na Gatete (Video)
24 March 2025, by Ndahayo EmmanuelU Rwanda n’u Bubiligi ni ibihugu bifitanye amateka maremare amaze imyaka irenga 100, gusa magingo aya ibihugu byombi ntibicana uwaka ndetse biherutse no gucana umubano, abadipolomate ba ambasade zombi basabwa gusubira mu bihugu byabo, aho imirimo yakorwaga na Ambasade y’u Rwanda mu Bubiligi yimuriwe muri Ambasade y’u Rwanda mu Buholandi.
IGIHE