Umushakashatsi ku mateka akaba n’umupadiri wa Paruwasi ya Kabgayi, Padiri Hildebrand Karangwa, yandikiye Musenyeri Mbonyintege Smaragde amushinja kunenga mu ruhame ubushakashatsi akora ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko Musenyeri Mbonyintege abitera utwatsi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Rwabuze gica hagati ya Musenyeri Mbonyintege na Padiri Karangwa bapfa ubushakashatsi kuri Jenoside
4 June 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Ibyitezwe kuri ‘Rwanda Convention 2025’ izahuriza Abanyarwanda 1500 i Texas
3 June 2025, by IGIHEAmatsiko ni yose ku Banyarwanda baba mu mahanga n’ab’imbere mu gihugu biteguye guhurira muri Dallas-Fort Worth muri Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gikorwa cyiswe “Rwanda Convention”.
-
Miliyari 680 Frw zizifashishwa mu kubaka amashuri mu myaka itanu
5 June 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu myaka itanu iri imbere hazubakwa ibyumba by’amashuri birenga ibihumbi 37 bishya bizatwara arenga miliyari 680 Frw, mu gihe ibyumba by’amashuri bizavugururwa birenga ibihumbi 12.
-
Urwibutso ku rugamba rwo kubohora igihugu (Amafoto)
5 July 2025Imyaka 31 irashize Ingabo za RPA zibohoye igihugu mu rugamba rutari rworoshye, rwasabye ubwitange, benshi bahasiga ubuzima baharanira ko igihugu cyaba mu mahoro n’ituze.
-
Muri RDC hoherejwe ibifite agaciro ka miliyoni 62$: Ubucuruzi bw’u Rwanda n’amahanga muri Mata 2025
4 June 2025, by Iradukunda SergeImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare yagaragaje ko muri Mata 2025, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kuza imbere mu bihugu u Rwanda rwoherezamo ibicuruzwa bifite agaciro kari hejuru.
-
Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame avuga ku bakwirakwije ko arwaye
4 July 2025, by Léonidas MuhirePerezida Paul Kagame yashimangiye ko ari muzima ndetse agaragaza ko atumva impamvu kuba yarwara cyangwa akagira ikibazo cy’ubuzima bishobora kuba ikintu kidasanzwe kandi na we ari ikiremwamuntu.
-
Ibihe by’ingenzi byaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Algérie (Amafoto)
5 June 2025, by Igizeneza Jean DésiréUruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Paul Kagame yagiriye muri Algérie rwasize umubano w’ibihugu byombi uhamye, na cyane ko hanasinywe n’amasezerano atandukanye nko mu bubanyi n’amahanga, ikoranabuhanga ndetse mu minsi ya vuba u Rwanda ruzafungura ambasade muri iki gihugu cya mbere kinini muri Afurika.
-
Amakuru yose tuba tuyafite - Minisitiri Nduhungirehe ku barwanyi ba FDLR bahinduye imyirondoro
5 July 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nubwo bamwe mu barwanyi ba FDLR bahinduye imyirondoro, u Rwanda rubafiteho amakuru azifashishwa mu gusenya uyu mutwe w’iterabwoba.
-
Intashyo z’ababwiwe ko igihe basigaje ku Isi bazakimara mu bitaro (Video)
6 June 2025, by Igizeneza Jean DésiréNiba wabyutse ukabumbura amaso bigakunda, ugahinura ukuguru ukagenda bigakunda, wabumbura umunwa bikemera, ingingo zawe zose ugasanga zirakora wa mugani w’abo mu madini jya ushimira Imana, ubanire abandi neza, kuko uko ubayeho hari abari mu bitaro birenga ibihumbi biri ku Isi babyifuza.
-
Imirimo yo gutunganya ibishanga bitanu mu Mujyi wa Kigali igeze kuri 56% (Amafoto)
6 June 2025, by Uwimana AbrahamImirimo yo gutunganya ibishanga bitanu bifite ubuso bwa Hegitare zigera kuri 500 mu Mujyi wa Kigali, igeze ku rugero rwa 56%, ikazasiga ibyo bishanga bishyizwe ku rwego rugezweho, aho bizashyirwamo utuyira tw’abanyamaguru n’abatwara amagare, aho abantu bashobora kwicara bakaruhuka n’ibindi bikorwa bitandukanye.
IGIHE