Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu myaka itanu iri imbere hazubakwa ibyumba by’amashuri birenga ibihumbi 37 bishya bizatwara arenga miliyari 680 Frw, mu gihe ibyumba by’amashuri bizavugururwa birenga ibihumbi 12.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Miliyari 680 Frw zizifashishwa mu kubaka amashuri mu myaka itanu
5 June 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Urwibutso ku rugamba rwo kubohora igihugu (Amafoto)
5 July 2025Imyaka 31 irashize Ingabo za RPA zibohoye igihugu mu rugamba rutari rworoshye, rwasabye ubwitange, benshi bahasiga ubuzima baharanira ko igihugu cyaba mu mahoro n’ituze.
-
Muri RDC hoherejwe ibifite agaciro ka miliyoni 62$: Ubucuruzi bw’u Rwanda n’amahanga muri Mata 2025
4 June 2025, by Iradukunda SergeImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare yagaragaje ko muri Mata 2025, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kuza imbere mu bihugu u Rwanda rwoherezamo ibicuruzwa bifite agaciro kari hejuru.
-
Ndabizeza ko ari njye mwicaranye hano - Perezida Kagame avuga ku bakwirakwije ko arwaye
4 July 2025, by Léonidas MuhirePerezida Paul Kagame yashimangiye ko ari muzima ndetse agaragaza ko atumva impamvu kuba yarwara cyangwa akagira ikibazo cy’ubuzima bishobora kuba ikintu kidasanzwe kandi na we ari ikiremwamuntu.
-
Ibihe by’ingenzi byaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Algérie (Amafoto)
5 June 2025, by Igizeneza Jean DésiréUruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Paul Kagame yagiriye muri Algérie rwasize umubano w’ibihugu byombi uhamye, na cyane ko hanasinywe n’amasezerano atandukanye nko mu bubanyi n’amahanga, ikoranabuhanga ndetse mu minsi ya vuba u Rwanda ruzafungura ambasade muri iki gihugu cya mbere kinini muri Afurika.
-
Amakuru yose tuba tuyafite - Minisitiri Nduhungirehe ku barwanyi ba FDLR bahinduye imyirondoro
5 July 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nubwo bamwe mu barwanyi ba FDLR bahinduye imyirondoro, u Rwanda rubafiteho amakuru azifashishwa mu gusenya uyu mutwe w’iterabwoba.
-
Intashyo z’ababwiwe ko igihe basigaje ku Isi bazakimara mu bitaro (Video)
6 June 2025, by Igizeneza Jean DésiréNiba wabyutse ukabumbura amaso bigakunda, ugahinura ukuguru ukagenda bigakunda, wabumbura umunwa bikemera, ingingo zawe zose ugasanga zirakora wa mugani w’abo mu madini jya ushimira Imana, ubanire abandi neza, kuko uko ubayeho hari abari mu bitaro birenga ibihumbi biri ku Isi babyifuza.
-
Imirimo yo gutunganya ibishanga bitanu mu Mujyi wa Kigali igeze kuri 56% (Amafoto)
6 June 2025, by Uwimana AbrahamImirimo yo gutunganya ibishanga bitanu bifite ubuso bwa Hegitare zigera kuri 500 mu Mujyi wa Kigali, igeze ku rugero rwa 56%, ikazasiga ibyo bishanga bishyizwe ku rwego rugezweho, aho bizashyirwamo utuyira tw’abanyamaguru n’abatwara amagare, aho abantu bashobora kwicara bakaruhuka n’ibindi bikorwa bitandukanye.
-
Ibivugwa ku isoko ry’abakinnyi: Ssebwato na Police FC mu biganiro, APR FC na Rayon Sports ku gitutu cyo kwiyubaka n’ibindi!
6 June 2025, by IGIHEAmakipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarwo akomeje kwiyubaka muri iyi mpeshyi aho ashaka abakinnyi n’abatoza azakoresha mu mwaka w’imikino utaha wa 2025/26: Kurikira ibigezweho biri kuvugwa mu makipe atandukanye.
-
U Rwanda rugiye kunguka uruganda rw’isukari ruzatunganya toni 6000 ku mwaka
7 June 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbuyobozi bw’Uruganda rukora isukari mu Rwanda, Kabuye Sugar Works, bwatangaje ko hari umushinga bari kuganiraho na Leta uzasiga hubatswe uruganda rufite ubushobozi bwo gukora toni ibihumbi 6000 ku mwaka.
IGIHE