Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Nduhungirehe Olivier, yavuze ko na mbere y’uko u Rwanda rufata icyemezo cyo kwikura mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), n’ubundi wari ugeze aharindimuka.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
CEEAC n’ubundi yari umuryango ugeze aharindimuka - Minisitiri Nduhungirehe
10 June 2025, by Uwimana Abraham -
RDC yishe amategeko ya CEEAC igamije kwanduza isura y’u Rwanda no kurushotora-Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
9 June 2025, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko yafashe icyemezo cyo kuva mu Muryango w’Ubukungu wibihugu byo muri Afurika yo Hagati (ECCAS) kuko ibihugu biwugize byawukoresheje nabi bigamije kubangamira u Rwanda hamwe no kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yarishe ku mugaragaro amahame n’amategeko y’uyu muryango, igamije kwanduza isura y’u Rwanda ndetse no kurushotora.
-
Police FC yasanze APR FC na Rayon Sports ku isoko ry’abakinnyi, Gamondi yageze i Kigali: Ibyavuzwe kuri uyu wa Kabiri
10 June 2025, by IGIHEIsoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda ryafunguwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Kamena 2025, aho amakipe ashobora kwandikisha abashya yamaze kugura. APR FC na Rayon Sports ni zo zikomeje kuryiharira.
-
U Rwanda rwakiriye inkura z’umweru 70 zavuye muri Afurika y’Epfo
10 June 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rwakiriye inkura 70 zirimo ingabo 28 zivuye muri Afurika y’Epfo, biba ubwa mbere habayeho kwimurira rimwe umubare munini w’inyamaswa zinjizwa mu gihugu.
-
Minisitiri Nduhungirehe yashyikirije Maréchal Déby ubutumwa bwa Perezida Kagame
16 July 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashyikirije Maréchal Mahamat Idris Déby Itno wa Tchad ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame.
-
Imirimo igeze kuri 60%: Ibyo wamenya ku nyubako ya Equity Bank igiye guhindura isura ya Kigali (Amafoto)
17 June 2025, by Ndahayo EmmanuelU Rwanda rufite intego yo guhinduka igicumbi cy’imari, nka rumwe mu nzego z’ingenzi zizagira uruhare mu kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi, ibikuye mu ntego z’u Rwanda kugera mu 2050.
-
Inama y’Abaminisitiri yashyigikiye amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC
16 July 2025, by Uwimana AbrahamInama yateranye kuri uyu wa 16 Nyakanga 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida Kagame, yemeje umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Repubulika y’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington D.C ku wa 27 Kamena 2025, bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’umuhuza.
-
Imirimo igeze kuri 85%; ubwiza bw’ahazimurirwa ibitaro bya CHUK (Amafoto)
12 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuTariki ya 30 Werurwe 2023, nibwo Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yatangije umushinga wo kwagura mu bushobozi n’ubunini Ibitaro bya Masaka mu Karere ka Kicukiro ahazimurirwa ibitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, mu rwego rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi zihabwa umubare munini w’ababigana.
-
Uko ingengo y’imari yiyongereye mu myaka 10 ishize
12 June 2025, by Tuyishimire Umutesi CelineKimwe mu bipimo byerekana izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda, ni ubwiyongere bw’ingengo y’imari ikoreshwa buri mwaka, aho iy’uyu mwaka wa 2025/2026, yageze kuri miliyari 7,032.5 Frw.
-
U Rwanda na CIMERWA Plc byasinye amasezerano azafasha kubaka uruganda rwa miliyari 270 Frw i Musanze
17 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rwashyize umukono ku masezerano y’imyaka 15 na CIMERWA Plc atanga uruhushya rwo gucukura (Industrial Quarry Licence Agreement) azafasha mu gutunganya iby’ibanze bikoreshwa mu gukora sima bizwi nka ‘clinker’ ubusanzwe ituruka mu mahanga.
IGIHE