Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda ryafunguwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Kamena 2025, aho amakipe ashobora kwandikisha abashya yamaze kugura. APR FC na Rayon Sports ni zo zikomeje kuryiharira.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Police FC yasanze APR FC na Rayon Sports ku isoko ry’abakinnyi, Gamondi yageze i Kigali: Ibyavuzwe kuri uyu wa Kabiri
10 June 2025, by IGIHE -
U Rwanda rwakiriye inkura z’umweru 70 zavuye muri Afurika y’Epfo
10 June 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rwakiriye inkura 70 zirimo ingabo 28 zivuye muri Afurika y’Epfo, biba ubwa mbere habayeho kwimurira rimwe umubare munini w’inyamaswa zinjizwa mu gihugu.
-
Minisitiri Nduhungirehe yashyikirije Maréchal Déby ubutumwa bwa Perezida Kagame
16 July 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashyikirije Maréchal Mahamat Idris Déby Itno wa Tchad ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame.
-
Imirimo igeze kuri 60%: Ibyo wamenya ku nyubako ya Equity Bank igiye guhindura isura ya Kigali (Amafoto)
17 June 2025, by Ndahayo EmmanuelU Rwanda rufite intego yo guhinduka igicumbi cy’imari, nka rumwe mu nzego z’ingenzi zizagira uruhare mu kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi, ibikuye mu ntego z’u Rwanda kugera mu 2050.
-
Inama y’Abaminisitiri yashyigikiye amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC
16 July 2025, by Uwimana AbrahamInama yateranye kuri uyu wa 16 Nyakanga 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida Kagame, yemeje umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Repubulika y’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington D.C ku wa 27 Kamena 2025, bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’umuhuza.
-
Imirimo igeze kuri 85%; ubwiza bw’ahazimurirwa ibitaro bya CHUK (Amafoto)
12 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuTariki ya 30 Werurwe 2023, nibwo Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yatangije umushinga wo kwagura mu bushobozi n’ubunini Ibitaro bya Masaka mu Karere ka Kicukiro ahazimurirwa ibitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, mu rwego rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi zihabwa umubare munini w’ababigana.
-
Uko ingengo y’imari yiyongereye mu myaka 10 ishize
12 June 2025, by Tuyishimire Umutesi CelineKimwe mu bipimo byerekana izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda, ni ubwiyongere bw’ingengo y’imari ikoreshwa buri mwaka, aho iy’uyu mwaka wa 2025/2026, yageze kuri miliyari 7,032.5 Frw.
-
U Rwanda na CIMERWA Plc byasinye amasezerano azafasha kubaka uruganda rwa miliyari 270 Frw i Musanze
17 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rwashyize umukono ku masezerano y’imyaka 15 na CIMERWA Plc atanga uruhushya rwo gucukura (Industrial Quarry Licence Agreement) azafasha mu gutunganya iby’ibanze bikoreshwa mu gukora sima bizwi nka ‘clinker’ ubusanzwe ituruka mu mahanga.
-
Serumogo na Mulamba muri APR FC, Usabimana na Rutayisire muri Rayon Sports: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Kane
12 June 2025, by IGIHEAmakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC na Rayon Sports zizakina amarushanwa Nyafurika zimaze iminsi ku isoko mu gihe n’andi makipe arimo Mukura VS na Police FC yatangiye kurambagiza abakinnyi.
-
Ibicuruzwa bimwe byasonewe umusoro, ku bindi uragabanywa: Impinduka muri politiki y’imisoro mu 2025/26
13 June 2025, by Uwimana AbrahamMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje impinduka muri politiki y’imisoro ziteganyijwe mu mwaka wa 2025/26 zirimo gusonera amahoro ya gasutamo ibirimo imodoka z’amashanyarazi n’izifite moteri mbonerabyombi, ibyifashishwa mu guhererekanya amafaranga hakoreshejwe ikoranabuhanga, ibikoreshwa mu nganda z’imbere mu gihugu n’ibindi.
IGIHE