Amakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC na Rayon Sports zizakina amarushanwa Nyafurika zimaze iminsi ku isoko mu gihe n’andi makipe arimo Mukura VS na Police FC yatangiye kurambagiza abakinnyi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Serumogo na Mulamba muri APR FC, Usabimana na Rutayisire muri Rayon Sports: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Kane
12 June 2025, by IGIHE -
Ibicuruzwa bimwe byasonewe umusoro, ku bindi uragabanywa: Impinduka muri politiki y’imisoro mu 2025/26
13 June 2025, by Uwimana AbrahamMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje impinduka muri politiki y’imisoro ziteganyijwe mu mwaka wa 2025/26 zirimo gusonera amahoro ya gasutamo ibirimo imodoka z’amashanyarazi n’izifite moteri mbonerabyombi, ibyifashishwa mu guhererekanya amafaranga hakoreshejwe ikoranabuhanga, ibikoreshwa mu nganda z’imbere mu gihugu n’ibindi.
-
Perezida Kagame n’abayobozi ba Rio Tinto baganiriye ku bufatanye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro
18 July 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi b’ikigo gikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Rio Tinto, baganira ku bufatanye u Rwanda rufitanye na cyo muri uru rwego rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
-
Jack Diarra wifuzwaga na APR FC yasinyiye ES Tunis, Rayon Sports ishobora gutandukana na Musore Prince: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Gatanu
13 June 2025, by IGIHEAmakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC na Rayon Sports zizakina amarushanwa Nyafurika zimaze iminsi ku isoko.
-
Imyaka itatu u Rwanda na RDC bidacana uwaka; imwe mu mishinga yabihuzaga yadindiye
18 June 2025, by Jean de Dieu TuyizereMu myaka itatu ishize, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byari bifitanye umubano mwiza wari ushingiye ku bufatanye mu rwego rw’ubukungu, koroshya ubuhahirane n’imigenderanire, kubungabunga ibidukikije no guteza imbere ibikorwaremezo.
-
Imishinga migari iteganyijwe mu ngengo y’Imari ya 2025/26
15 June 2025, by Uwimana AbrahamIngengo y’Imari ya Leta y’umwaka wa 2025/26 yageze kuri miliyari 7,032.5 Frw, bivuze ko iziyongeraho 21% ugereranyije na miliyari 5.816,4 Frw yari mu ngengo y’imari ivuguruye ya 2024/25, ikaba izakoreshwa mu bikorwa biri mu nkingi yo kwihutisha iterambere ry’ubukungu, guteza imbere imibereho myiza n’imiyoborere myiza.
-
Ibyo kwihuza kwa Equity Bank na Cogebanque no gushora mu buhinzi: Ikiganiro na Hannington Namara (Video)
13 June 2025, by Ndahayo EmmanuelUmwaka n’igice urashize Equity Bank Rwanda yihuje n’iyahoze ari Cogebanque, bituma ihinduka banki ya kabiri nini mu Rwanda. Uku kwihuza kwazanye inyungu nyinshi zirimo kwiyongera k’ubushobozi bwa Equity Bank Rwanda, ku buryo ifite ubushobozi bwo kuguriza abantu cyangwa ibigo binini, agera kuri miliyoni 32$.
-
Pariki y’Akagera mu mibare: Iwabo w’Intare, Ingwe, Inzovu n’izindi zirenga ibihumbi 10
14 June 2025, by Igizeneza Jean DésiréUshobora kuba warihebeye gutembera, by’umwihariko mu byanya bikomye. Niba ari uko bimeze nta kabuza ufite uruhare mu nzinduko zirenga miliyari 1,4 zikorwa buri mwaka, abazikora bagiye gusura ahantu nyaburanga ku Isi, ku mpamvu zo kwishimisha, ubushakashatsi n’ibindi.
-
Intambara yafashe indi sura hagati ya Israel na Iran (Amafoto)
14 June 2025, by IGIHEIran na Israel bikomeje kurasanaho. Ni nyuma y’aho Ingabo za Israel zikoresheje indege za gisirikare na drones, zikarasa mu bice bitandukanye bya Iran cyane mu Mujyi wa Tehran no mu nkengero zawo ku wa Gatanu mu masaha y’igitondo, mu bitero byaguyemo abasirikare bakuru bikangiza n’ahantu hakorerwaga ibisasu kirimbuzi.
-
Umweyo muri APR FC yasinyishije Adolphe, Haruna mu batoza ba AS Kigali, Kevin yerekanywe na Jamus SC: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Gatandatu
14 June 2025, by IGIHEAmakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC na Rayon Sports zizakina amarushanwa Nyafurika ni zo zikomeje kwiharira isoko.
IGIHE