Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi ba Kaminuza Mpuzamahanga y’Ubuvuzi iherereye i Butaro mu Karere ka Burera (Global Health Equity: UGHE), riyobowe n’Umuyobozi w’Icyubahiro wayo Dr. Jim Yong Kim, baganira ku bufatanye bwa UGHE na Guverinoma y’u Rwanda mu guteza imbere ubuvuzi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye na Dr. Jim Kim ku bufatanye bw’u Rwanda na UGHE ku iterambere ry’ubuvuzi
18 July 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Ayo mu bwoko bwa O+ yatanzwe ku bwinshi: Itangwa ry’amaraso mu Rwanda mu mibare
15 June 2025, by Igizeneza Jean Désiré, Nshimiyimana EricAbanyarwanda bamaze gusobanukirwa gahunda yo gutanga amaraso na cyane ko yifashishwa mu gutabara imbabare ziri mu bitaro bitandukanye mu gihugu aho mu 2024 hatanzwe udusashe tw’amaraso 84.383.
-
Urugamba rw’Inkotanyi n’uko yamenye Perezida Kagame na Rwigema; Umunyamakuru Charles Onyango Obbo
16 June 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmunyamakuru akaba n’Umusesenguzi muri Politiki y’akarere, Charles Onyango Obbo, yagaragaje ko abasirikare ba RPA Inkotanyi barwanye urugamba rwo kubohora u Rwanda barutsinze kubera indangagaciro zabaranze zirimo guca bugufi no gukomera ku ntego.
-
Abofisiye bakuru 108 bo mu bihugu 20 barangirije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama
16 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, yasabye abasirikare bakuru 108 bo mu bihugu 20 byo hirya no hino ku Isi barangije amasomo ajyanye n’imiyoborere mu bya gisirikare (Senior Command and staff Course) mu ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama, gukomeza gushyira imbaraga mu kurinda ubusugire bw’ibihugu byabo no kurangwa n’indangagaciro nzima.
-
U Rwanda rwashimye amahame Leta ya RDC na AFC/M23 byumvikanyeho
19 July 2025, by Jean de Dieu TuyizereGuverinoma y’u Rwanda yashimye amahame aganisha ku masezerano y’amahoro ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 byumvikanyeho.
-
Abatoza ba APR FC basinye, Police FC yagumanye abarimo Mugisha Didier wavugwaga muri Rayon Sports: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Kabiri
17 June 2025, by IGIHEAmakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC izakina CAF Champions League ni yo iri kuvugwa cyane ariko n’andi makipe yageze ku isoko ry’abakinnyi n’abatoza.
-
U Rwanda rugiye kugira Pariki y’Igihugu y’Ibirwa
17 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB, Juliana Kangeli Muganza, yatangaje ko u Rwanda ruteganya kugira Pariki y’Igihugu y’Ibirwa mu 2028.
-
Minisitiri Nduhungirehe yanyomoje Muyaya wabeshye ko AFC/M23 izava mu bice igenzura
20 July 2025, by Léonidas MuhireMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Nduhungirehe Olivier, yanyomoje Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Patrick Muyaya, wavuze ko urwego rw’umutekano ruzashyirwaho hagati y’u Rwanda na RDC, ruzanafasha mu gukura AFC/M23 mu bice igenzura.
-
U Rwanda rwashimangiye ko rukiryamiye amajanja ku mugambi wa Tshisekedi na Ndayishimiye
17 June 2025, by Iradukunda SergeU Rwanda rwagaragaje ko rudashobora kwirengagiza umugambi wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wo gukuraho ubutegetsi bwarwo.
-
RDB yafunze hoteli Château le Marara
21 July 2025, by IGIHEUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko kuva ku wa 22 Nyakanga 2025, ibikorwa bya hoteli Château le Marara byahagaritswe kuko iperereza ryerekanye ko yakoraga itarabiherewe uruhushya.
IGIHE