Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva, baganira ku ngingo z’ingenzi zigize ubuzima bw’Igihugu.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yahuye na Minisitiri w’Intebe mushya
24 July 2025, by IGIHE -
Bose bazajya biga imibare n’ikoranabuhanga: Impinduka mu mashami yigwa mu mashuri yisumbuye
21 June 2025, by Uwimana AbrahamMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yatangaje ko hateganyijwe impinduka mu bijyanye n’amashami yigwa mu cyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye mu burezi rusange, aho abanyeshuri bazasigarana amahitamo atatu y’ibyo bashobora kwiga, bitandukanye n’impuzamasomo (combinations) 11 zari zisanzwe.
-
Ahimbisibwe muri Rayon Sports, Djabel muri Police FC yumvikanye na Ben Moussa: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Gatandatu
21 June 2025, by IGIHEAmakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC na Rayon Sports zizakina amarushanwa Nyafurika ni zo ziri kuvugwa cyane ariko n’andi makipe arimo Police FC yageze ku isoko ry’abakinnyi n’abatoza.
-
Moto, imari itunze benshi muri Kigali
22 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuU Rwanda rufite moto 56.452 zikoreshwa mu bwikorezi rusange, kandi zigira uruhare rukomeye mu gutwara abantu kuko benshi bahitamo kuzikoresha nk’uburyo bwo kwihuta ku rugendo.
-
Omborenga yasubiye muri APR FC, ibya Abedi muri Rayon Sports byasubiye inyuma: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Mbere
23 June 2025, by IGIHEAmakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC na Rayon Sports zizakina amarushanwa Nyafurika ni zo ziri kuvugwa cyane ariko n’andi makipe arimo Police FC yageze ku isoko ry’abakinnyi n’abatoza.
-
Inzira ya Hormuz yo muri Iran inyuzwamo Peteroli ishobora gufungwa; ingaruka byagira ku bihugu birimo u Rwanda
23 June 2025, by Jean de Dieu TuyizereInteko Ishinga Amategeko ya Iran ku wa 22 Kamena 2025 yatoye icyemezo cyo gufunga inzira ya Hormuz inyuzwamo ibikomoka kuri peteroli, nyuma y’aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika igabye ibitero ku bigo bitatu bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire.
-
Ibyo wamenya ku ruganda rushya rwa miliyari 100 Frw rutunganya amazi yanduye
23 June 2025, by Hakizimana Jean PaulIkigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC Group, ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali, bigiye gutangira kubaka uruganda rutunganya amazi yanduye yo mu Mujyi wa Kigali, rwitezweho kuyakusanya rukayabyazamo andi mazi meza yakongera agakoreshwa.
-
Impungenge ku bana b’abahungu bagenda bagabanyuka mu mashuri y’u Rwanda
25 June 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteU Rwanda ni kimwe mu bihugu bifite umubare munini w’abana bitabira ishuri mu gihe bujuje imyaka yo kwiga gusa bamwe batinda kurangiza ibyiciro bitandukanye, abahungu bakaba benshi barivamo imburagihe kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ababyeyi babajyana gukora imirimo y’ingufu.
-
Igitugu no guha abantu umurongo: Ibyo abantu bitiranya kuri Perezida Kagame mu mboni za Prof. Lumumba
24 June 2025, by Jean de Dieu TuyizereInzobere mu mateka na politiki ya Afurika, Prof. Patrick Loch Otieno Lumumba, yagaragaje abantu bitiranya imiyoborere ya Perezida Paul Kagame n’igitugu nyamara iba igamije guha abantu umurongo muzima kugira ngo bajyane mu rugendo rwo guteza imbere igihugu, nta n’umwe usigaye inyuma.
-
APR FC irifuza Niaré na Amankona, Rayon Sports yageze kuri babiri bo muri Yanga SC n’Umunya-Sénégal: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Kabiri
24 June 2025, by IGIHEAmakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC na Rayon Sports zizakina amarushanwa Nyafurika ni zo ziri kuvugwa cyane ariko n’andi makipe arimo Police FC yageze ku isoko ry’abakinnyi n’abatoza.
IGIHE