Nick Barigye yagizwe Guverineri Wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda(BNR) asimbuye Dr. Nsengiyumva Justin wabanje kugirwa Minisitiri w’Intebe mushya.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Nick Barigye yagizwe Guverineri Wungirije wa BNR
24 July 2025, by Theodomire Munyengabe -
APR FC yaguze myugariro wa Gasogi United, Abarabu babiri mu igeragezwa muri Rayon Sports: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Gatatu
25 June 2025, by IGIHEAmakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC na Rayon Sports zizakina amarushanwa Nyafurika ni zo ziri kuvugwa cyane ariko n’andi makipe yatangiye kugera ku isoko ry’abakinnyi n’abatoza.
-
Pariki ya Nyandungu yahawe igihembo mpuzamahanga
28 July 2025, by Jean de Dieu TuyizerePariki ya Nyandungu yahawe igihembo mpuzamahanga cya ‘Star Wetland Centre Award for Biodiversity’ gihabwa ahantu nyaburanga higisha ibyiza byo kubungabunga ibidukikije n’urusobe rw’ibinyabuzima.
-
Umwe muri batanu yahuye na byo: Ishusho y’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe mu Rwanda
25 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko umuntu umwe muri batanu mu Rwanda aba yarahuye n’ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe.
-
BRALIRWA yungutse Miliyari 18,4 Frw mu mezi atandatu
28 July 2025, by IGIHEUruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, BRALIRWA rwatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2025 rwungutse Miliyari 18,4 Frw.
-
U Rwanda mu mushinga w’amashanyarazi y’imirasire y’Izuba uzatanga ‘megawatt’ 200
26 June 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko u Rwanda ruri gutekereza ku nyigo y’umushinga wo gutunganya amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba angana na megawatt 200, aziyongera ku yari asanzwe ahari akomoka ku ngufu zitandukanye.
-
Trump yiyise umucunguzi mu kibazo cy’u Rwanda na RDC
28 July 2025, by IGIHEPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iyo atagira uruhare mu biganiro bigamije gukemura amakimbirane hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibihugu byombi bitari kubyinjiramo ahubwo ibintu byari kurushaho kugana ahabi.
-
Dutemberane Muhazi Beach Resort, ishusho y’ubwiza bw’Ikiyaga cya Muhazi (Amafoto na Video)
26 June 2025, by Karirima A. NgarambeMuri iyi minsi ibiyaga byo mu Rwanda ni imari ishyushye mu buryo butandukanye binyuze mu ishoramari rihakorerwa, bikajyana n’uko ari ahantu hakundwa n’abantu batandukanye bakunda gusohokera ku mazi.
-
Amashanyarazi akomoka ku ngufu za nucléaire azatangira gukoreshwa mu Rwanda mu myaka itanu
26 June 2025, by Igizeneza Jean DésiréIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda, RAEB, cyatangaje ko bitarenze mu 2030, u Rwanda ruzaba ruri mu bihugu bike muri Afurika bifite uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka ku ngufu za nucléaire.
-
Amasezerano y’amahoro na RDC yasinywe u Rwanda rwitsa kuri FDLR
27 June 2025, by Philbert GirinemaU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyize umukono ku masezerano y’amahoro, hagamijwe gushakira umuti ikibazo cy’umutekano muke umaze igihe mu Burasirazuba bwa RDC, aho Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, yikije ku kibazo cya FDLR mbere yo kuyashyiraho umukono.
IGIHE