Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda, RAEB, cyatangaje ko bitarenze mu 2030, u Rwanda ruzaba ruri mu bihugu bike muri Afurika bifite uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka ku ngufu za nucléaire.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Amashanyarazi akomoka ku ngufu za nucléaire azatangira gukoreshwa mu Rwanda mu myaka itanu
26 June 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Amasezerano y’amahoro na RDC yasinywe u Rwanda rwitsa kuri FDLR
27 June 2025, by Philbert GirinemaU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyize umukono ku masezerano y’amahoro, hagamijwe gushakira umuti ikibazo cy’umutekano muke umaze igihe mu Burasirazuba bwa RDC, aho Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, yikije ku kibazo cya FDLR mbere yo kuyashyiraho umukono.
-
Ingamba z’ubwirinzi zizahoraho kugeza ibyo twifuza bifatiwe umwanzuro ugaragara - Minisitiri Nduhungirehe
29 July 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu, Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko ubwirinzi bw’u Rwanda buri hafi y’umupaka uruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buzahoraho igihe cyose ikibazo cy’umutekano gitezwa n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kitarafatirwa umwanzuro ufatika.
-
Aho ruzingiye mu masezerano y’u Rwanda na RDC
27 June 2025, by Philbert GirinemaAmasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na RDC akubiyemo ingingo nyinshi, ariko usesenguye, zimwe si nshya ku bamaze igihe bakurikirana ibiganiro byagiye bihuza impande zombi mu myaka myinshi ishize.
-
Hemejwe ibiciro byo gupima imyuka ihumanya ku binyabiziga: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
30 July 2025, by IGIHEKuri uyu wa Gatatu, tariki ya 30 Nyakanga 2025, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
-
Ni inkuru nziza ku karere- Uko Macron, Zelensky n’abandi bakiriye amasezerano y’u Rwanda na RDC
28 June 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa n’abandi banyapolitiki hirya no hino ku Isi, bashimye amasezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagiranye ku wa 27 Kamena 2025, bagaragaza ko atanga icyizere cy’amahoro arambye mu karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Dr. Sidi Ould Tah ku bufatanye bw’u Rwanda na Banki Nyafurika itsura Amajyambere
31 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye Dr. Sidi Ould Tah uherutse gutorerwa kuba Perezida wa Banki Nyafurika itsura Amajyambere, AfDB, baganira ku bufatanye bw’impande zombi n’uburyo bwo kubwagura mu bihe biri imbere.
-
FDLR na FARDC babanye amezi atandatu mu kigo i Sake - Ubuhamya bwa Ntawiheba wahoze muri CRAP
28 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuNtawiheba Ramadhan wavutse mu 1994 yamaze imyaka irindwi ari umusirikare w’umutwe udasanzwe w’Ingabo za FDLR uzwi nka CRAP. Magingo aya, yaratahutse ari mu Rwanda aho yatangiye amahugurwa amubashisha gusubira mu buzima busanzwe.
-
Bizagenda bite amasezerano y’amahoro y’u Rwanda na RDC natubahirizwa?
29 June 2025, by Iradukunda SergeBenshi mu bayobozi b’ibihugu n’abanyapolitike batandukanye bakomeje kugaragaza ko bishimiye amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko yitezweho kuzana ituze mu karere. Ariko se bizagenda bite mu gihe hagira uruhande ruyarengaho?
-
Ingufu za nucléaire zizafasha u Rwanda kugera ku bushobozi bwo gukora umuriro wa Gigawatt eshanu
30 June 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yagaragaje ko kugira ngo u Rwanda rugere ku cyerekezo 2050, aho ruzaba ruri mu bihugu bikize, ruzakenera gukora amashanyarazi angana na ‘gigawatt’ eshanu. Yashimangiye ko ingufu za nucléaire ari zo rwerekejeho amaso mu kwesa uwo muhigo.
IGIHE