Ibirometero bikabakaba 80 uvuye mu Mujyi wa Goma bitewe n’aho wahagurukiye, urugendo rwo ni amasaha abarirwa muri abiri cyangwa atatu ubaye uhamenyereye kandi wihuta, icyakora ujyanye abantu batifuza kugenda bavunagurwa n’imikuku yo mu muhanda n’amasaha ane yashira ukigenda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Mu mafoto 85: Kuva i Goma kugera i Masisi ubuzima bwaragarutse (Amafoto)
3 July 2025, by Nsengiyumva Emmy, Shumbusho Djasiri -
Kuba umusirikare mu ngabo za RPA, ishoramari rya miliyoni 200$ n’inama ku bakiri bato; Umunyemari Denis Karera
1 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuDenis Karera ni umwe mu Banyarwanda bagize uruhare mu rugamba rwo kubohora igihugu. Nyuma y’aho amahoro abonekeye mu gihugu, urwo rugendo arukomereje ku bindi bikorwa by’iterambere.
-
Gusenya FDLR, ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda, amabuye y’agaciro…Nduhungirehe yasobanuye ibyabereye i Washington
1 July 2025, by IGIHEUbwo yakiraga ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na RDC, Perezida Donald Trump yagarutse ku mpamvu amasezerano y’amahoro yasinywe ari intambwe ikomeye, avuga ko ibihugu byombi bikwiriye gushyira iherezo ku mwuka mubi umaze igihe.
-
Abanyarwanda barenga miliyoni 1,7 bimukiye ahandi bashaka imibereho
7 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbushakashatsi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ku bakora n’abashomeri mu Rwanda bwa 2024, bwagaragaje ko abantu miliyoni 1,8 bimukiye mu bice bitandukanye by’igihugu mu myaka itanu ishize, barimo miliyoni 1,3 bafite imyaka 16 bivuze ko bari mu kigero cyo gukora.
-
Perezida Kagame na Grossi wa IAEA baganiriye ku kubyaza umusaruro ingufu za nucléaire
1 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi w’Urwego rwa Loni rushinzwe kugenzura Itunganywa ry’Ingufu za Nucléaire, (International Atomic Energy Agency: IAEA), Rafael Mariano Gros, baganira ku ngingo zitandukanye zijyanye no kubyaza umusaruro izi ngufu.
-
Abarimu 10 bafite PhD bigisha mu yisumbuye, umwe yigisha mu abanza: Ibidasanzwe ku barezi b’u Rwanda
6 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUburezi ni rumwe mu nzego za Leta zikoramo abantu benshi baba bagomba kugira ibyo bujuje birimo impamyabumenyi kuva ku mashuri yisumbuye kuzamura, gusa hari abafite Impamyabumenyi y’Ikirenga, PhD bakiri mu burezi bw’amashuri abanza cyangwa ayisumbuye nyamara baba bategerejweho kwigisha muri za kaminuza.
-
BDF yahujwe na BRD
31 July 2025, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda yemeje ko Ikigega cy’Iterambere gishinzwe guteza Imbere Imishinga (BDF) na Banki y’u Rwanda Itsura Amajyambere (BRD), bihuzwa hagamijwe gushyiraho urwego rukomeye ruzafasha guteza imbere abashoramari n’abacuruzi bo mu gihugu hose.
-
Byinshi kuri ‘Rope Course’, urugendo rwo ku mugozi udasanzwe rwatangijwe muri Nyungwe (Amafoto)
13 July 2025, by Ndahayo EmmanuelPariki y’Igihugu ya Nyungwe igira umwihariko. Ni ahantu usanga ubwoko 98 bw’inyamaswa burimo 13 bwa maguge, burimo inkende, ingunge n’izindi. Ibi bigize 12% by’inyamaswa zo muri ubu bwoko ziboneka ku Mugabane wa Afurika.
-
Mitali Protais wabaye Minisitiri yitabye Imana
1 August 2025, by IGIHEProtais Mitali wigeze kuba Minisitiri w’Umuco na Siporo, yitabye Imana aguye mu Bubiligi aho yari amaze imyaka 10 atuye.
-
Imisoro ku modoka za hybrid, icumbi n’ibikomoka kuri peteroli yatangiye kubahirizwa: Iby’ingenzi ukwiye kumenya
2 July 2025, by IGIHEGuhera ku wa 1 Nyakanga 2025, imisoro itandukanye yatangiye gucibwa ku bicuruzwa na serivisi bitandukanye, harimo nka TVA (Umusoro ku nyongeragaciro), umusoro ku byaguzwe n’umusoro ufatirwa ku modoka zifite moteri mberabyombi (hybrid), TVA kuri serivisi z’ubwikorezi bw’ibicuruzwa, umusoro w’ubukerarugendo ku icumbi n’umusoro ku bicuruzwa bipfunyitse kuri pulasitiki.
IGIHE