Iby’u Rwanda n’u Bubiligi si ibya none, niba utari ubizi, umenye ko mu 1993 Umwami Baudouin mu minsi ya nyuma ye ku Isi, dore ko yayoboye igihugu kuva mu 1951 kugera mu 1993, yigeze kurira bikomeye kubera u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Umunsi Umwami Baudouin w’u Bubiligi asuka amarira kubera ibyifuzo bye ku Rwanda
26 March 2025, by IGIHE -
Amasaha icyenda y’ubwumvikane buke; Intandaro y’isubikwa ry’urugendo rwa Perezida Kagame i Luanda
18 December 2024, by Iradukunda SergeIcyumba cyari cyateguwe, ameza n’amazi bipanze neza, abayobozi babukereye, amadosiye ari mu maboko yabo, i Luanda hari ubukonje ariko abari mu cyumba ntibari babwitayeho kuko bari bafite inshingano zikomeye zo gusoza ibiganiro biganisha ku isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; ibintu byose byari ku murongo bisa nk’aho nta kibuza ibiganiro kugenda neza.
-
Amavubi yirangayeho imbere ya Lesotho muri Stade Amahoro yuzuye abafana; uko umukino wagenze (Amafoto)
25 March 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Mukura yatsindiye Rayon Sports muri Stade Amahoro yigarurira Derby y’amateka- Uko umukino wagenze(Amafoto)
29 March 2025, by Jah d’eau Dukuze -
Yakanze abashotora u Rwanda, arema agatima abarukunda: Zimwe mu mbwirwaruhame za Gen (Rtd) Kabarebe
1 April 2025, by Ntabareshya Jean de DieuIjambo rifite byinshi ryahindura mu mateka, rishobora gukurura impinduramatwara idasanzwe, gukundisha abantu baryumva ibyo urivuga yanyuzemo no kwigisha abato inzira runaka.
-
Uruganda rw’amata y’ifu rukora 30%, umushinga w’inyama i Bugesera n’ibindi: Guverineri Rubingisa twaganiriye
2 April 2025, by Hakizimana Jean PaulGuverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yatangaje ko muri iki gihe intego ari ukongera umukamo kugira ngo uruganda rukora amata y’ifu rubone umusaruro mwinshi kuko ubu rukoresha 30% by’ubushobozi rufite, bikanajyana no gushyira imbaraga mu guteza imbere inganda zihanga udushya zatangijwe mu ntara ayoboye.
-
Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 8.1% mu gihembwe cya gatatu cya 2024
17 December 2024, by Ndahayo EmmanuelIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’ubukungu bw’u Rwanda wazamutse ku kigero cya 8.1% mu gihembwe cya gatatu cya 2024, nyuma y’uko wari wazamutse ku kigero cya 9.8% mu gihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka, ndetse na 9.7% mu gihembwe cya mbere cy’uyu mwaka.
-
Perezida Kagame yagaragaje inyungu u Rwanda rufite mu ishuri rishya rya OMS
17 December 2024, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yagaragaje ko Ishuri ry’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, ryafunguwe mu Bufaransa rije rikenewe mu gufasha u Rwanda kugera ku ntego rwihaye yo gukuba abakozi bo kwa muganga inshuro enye bitarenze 2028.
-
Umunsi umugambi wo kwica Abatutsi ukwira mu gihugu hose
7 April 2025, by IGIHEMu ijoro ryo ku itariki ya 6 rishyira iya 7 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50 yari itwaye perezida Habyarimana Juvenal nibwo Interahamwe n’abasirikare bo mu umutwe warindaga Perezida Habyarimana batangiye gushyiraho amabariyeri mu duce twinshi tw’Umujyi wa Kigali, no kwica Abatutsi.
-
Ibidasanzwe utamenye byabaye mu rubanza rwa Kabuga Félicien: Loni imwishyuza miliyari 1 Frw
9 April 2025, by Uwimana AbrahamKabuga Félicien ufatwa nk’umuterankunga wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yafatiwe mu Bufaransa mu 2020, bishyira iherezo ku myaka 26 yari amaze yihishahisha, ahunga ubutabera bwari bumutegereje ngo aryozwe ibyo yakoze.
IGIHE