Pariki y’Igihugu ya Nyungwe igira umwihariko. Ni ahantu usanga ubwoko 98 bw’inyamaswa burimo 13 bwa maguge, burimo inkende, ingunge n’izindi. Ibi bigize 12% by’inyamaswa zo muri ubu bwoko ziboneka ku Mugabane wa Afurika.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Byinshi kuri ‘Rope Course’, urugendo rwo ku mugozi udasanzwe rwatangijwe muri Nyungwe (Amafoto)
13 July 2025, by Ndahayo Emmanuel -
Mitali Protais wabaye Minisitiri yitabye Imana
1 August 2025, by IGIHEProtais Mitali wigeze kuba Minisitiri w’Umuco na Siporo, yitabye Imana aguye mu Bubiligi aho yari amaze imyaka 10 atuye.
-
Imisoro ku modoka za hybrid, icumbi n’ibikomoka kuri peteroli yatangiye kubahirizwa: Iby’ingenzi ukwiye kumenya
2 July 2025, by IGIHEGuhera ku wa 1 Nyakanga 2025, imisoro itandukanye yatangiye gucibwa ku bicuruzwa na serivisi bitandukanye, harimo nka TVA (Umusoro ku nyongeragaciro), umusoro ku byaguzwe n’umusoro ufatirwa ku modoka zifite moteri mberabyombi (hybrid), TVA kuri serivisi z’ubwikorezi bw’ibicuruzwa, umusoro w’ubukerarugendo ku icumbi n’umusoro ku bicuruzwa bipfunyitse kuri pulasitiki.
-
U Rwanda rwanenze impuguke za Loni zagoretse ukuri ku kibazo rufite kuri FDLR
2 July 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanenze impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zagoretse ukuri ku mpungenge zarwo zishingiye ku bikorwa bya FDLR iruhungabanyiriza umutekano, ari nabyo byatumye rushyiraho ingamba z’ubwirinzi.
-
U Rwanda na RDC byashyizeho amahame y’ubufatanye mu by’ubukungu
2 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereLeta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyizeho amahame agenga ubufatanye mu by’ubukungu mu karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
-
Impamvu umugambi wa RDC wo guhisha FDLR wakubise igihwereye
7 July 2025, by Jean de Dieu Tuyizere“FDLR ntibaho, ni ikinyoma cy’u Rwanda, igizwe n’abasaza badashoboye, ni abarwanyi bake badateje ikibazo”. Ayo ni amagambo yavuzwe n’abayobozi bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu bihe bitandukanye, bagamije guhisha uyu mutwe w’iterabwoba washinzwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Gutwara ‘documents’ mu gitebo no kunyuza amabaruwa i Burayi: Uko Inkotanyi zatumanagaho n’abaziyobotse (video)
5 July 2025, by Uwimana AbrahamKenshi twumva inkuru z’Inkotanyi, tukumva uko zisuganyije ziri hanze y’u Rwanda, aho Abanyarwanda benshi bari barahungiye barimwe uburenganzira ku gihugu cyabibarutse, tukumva uko igitekerezo cyo gutangiza urugamba rwo kubohora igihugu cyaje, inzira y’inzitane zanyuzemo kugeza zigeze ku ntsinzi ku wa 4 Nyakanga 1994, ubwo zabohoraga u Rwanda zikanahagarika Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Amerika yizeye ubushake bwa Perezida Kagame mu kubahiriza amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC
4 July 2025, by Iradukunda SergeLeta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko idashidikanya ku bushake bwa Perezida Paul Kagame bwo kubahiriza ibikubiye mu masezerano u Rwanda ruherutse kugirana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagamijwe guhosha umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byombi.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abashumba ba Kiliziya Gatolika
2 August 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yakiriye Abashumba ba Kiliziya Gatolika bitabiriye Inama y’Ihuriro ry’Abepiskopi Gatolika muri Afurika na Madagascar (SECAM) iri kubera i Kigali.
-
Perezida Kagame yashimangiye ko Trump yagerageje gukemura ikibazo cyo muri RDC kurenza abandi
4 July 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwatanze uburyo bwo gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kurenza abandi bose.
IGIHE