Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2024/2025 cyakusanyije miliyari 3.079,8 Frw z’imisoro, yarenzeho 1,3% kuri miliyari 3.041,2 Frw cyateganyaga gukusanya.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
RRA yakusanyije arenga miliyari 3.000 Frw z’imisoro mu 2024/2025
8 July 2025, by Léonidas Muhire -
Abana b’ingagi 40 bazitwa izina muri Nzeri
6 August 2025, by IGIHEUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umuhango wo kwita izina abana b’ingagi uteganyijwe tariki 5 Nzeri 2025, mu Kinigi hafi na Pariki y’Igihugu y’Ibirunga.
-
Ibitaravuzwe ku mbunda Gaddafi yahaye Museveni zihishwa i Burundi, zimugeraho zinyuze mu Rwanda
9 July 2025, by Iradukunda SergeMu rugamba rwo gufata Uganda, hari benshi bafashije Yoweri Kaguta Museveni barimo Charles Taylor wayoboye Liberia, Foday Sankoh wayoboye Sierra Leone ndetse na Muammar Gaddafi wayoboye Libya.
-
Mu Rwanda havumbuwe ’lithium’ ya mbere nziza
10 July 2025, by Iradukunda SergeIkigo gikora imirimo ijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Aterian PLC, cyatangaje ko ubushakashatsi bw’ibanze cyakoze, bwagaragaje ko mu Rwanda hari amabuye ya ‘Lithium’ ya mbere meza.
-
U Rwanda na RDC byashyizeho imirongo y’ibikorwa by’urwego rw’umutekano ruhuriweho
9 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyizeho imirongo y’ibikorwa by’urwego rw’umutekano ruhuriweho n’ibi bihugu byombi.
-
Ibibazo by’ingutu byashegeshe imirenge SACCO
12 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteKuva mu 2008 mu mirenge 416 igize u Rwanda, hatangijwe Umurenge SACCO, ugamije kuzamura iterambere ry’abaturage binyuze mu kuzigama no kubona inguzanyo zihendutse, gusa ibi bigo by’imari byahuye n’ibibazo birimo ubujura bwakozwe muri SACCO 238, bamwe mu bazibye baburirwa irengero, ahandi ikigero cyo kutishyura neza inguzanyo kigera ku rwego rusumba kure urwo Banki Nkuru yashyizeho.
-
Ingabire Victoire, umushinga wahombeye Abanyaburayi muri gahunda ya mpatsibihugu
14 July 2025, by Urinzwenimana MikeUbwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo bwite by’umusomyi wa IGIHE, Urinzwenimana Mike.
-
U Rwanda rwatangiye gushaka umuti mushya urinda SIDA ufatwa kabiri mu mwaka
15 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréMu nama y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku kurwanya SIDA, IAS, igiye kumara iminsi itanu ibera i Kigali kugeza ku wa 17 Nyakanga 2025, hamuritswe umuti wa Lenacapavir Yeztugo wakwifashishwa mu kwirinda no gukumira Virusi itera SIDA.
-
Umwunganizi wanzwe yongeye kwitswaho, Ingabire Victoire ahakana ibyo aregwa
15 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMu iburanisha ry’urubanza ruregwamo Ingabire Victoire Umuhoza, mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro hongeye kwitswa cyane ku munyamategeko w’Umunya-Kenya wifuzwaga na Ingabire ariko akaba yarimwe uburenganzira n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda.
-
Guhuzagurika, umuzimu w’impinduka, kutamenya; kuki uburezi bw’u Rwanda bukomeje guteza impaka?
16 July 2025, by Philbert GirinemaUbu inkuru iri kuvugwa ku burezi bw’u Rwanda, ni ijyanye n’uko amasomo mu mashuri abanza n’ay’incuke agiye kujya atangira Saa Mbili za mu gitondo aho kuba Saa Tatu nk’uko byari bimaze mu myaka ibiri bikorwa.
IGIHE