Mu rugamba rwo gufata Uganda, hari benshi bafashije Yoweri Kaguta Museveni barimo Charles Taylor wayoboye Liberia, Foday Sankoh wayoboye Sierra Leone ndetse na Muammar Gaddafi wayoboye Libya.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibitaravuzwe ku mbunda Gaddafi yahaye Museveni zihishwa i Burundi, zimugeraho zinyuze mu Rwanda
9 July 2025, by Iradukunda Serge -
Mu Rwanda havumbuwe ’lithium’ ya mbere nziza
10 July 2025, by Iradukunda SergeIkigo gikora imirimo ijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Aterian PLC, cyatangaje ko ubushakashatsi bw’ibanze cyakoze, bwagaragaje ko mu Rwanda hari amabuye ya ‘Lithium’ ya mbere meza.
-
U Rwanda na RDC byashyizeho imirongo y’ibikorwa by’urwego rw’umutekano ruhuriweho
9 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyizeho imirongo y’ibikorwa by’urwego rw’umutekano ruhuriweho n’ibi bihugu byombi.
-
Ibibazo by’ingutu byashegeshe imirenge SACCO
12 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteKuva mu 2008 mu mirenge 416 igize u Rwanda, hatangijwe Umurenge SACCO, ugamije kuzamura iterambere ry’abaturage binyuze mu kuzigama no kubona inguzanyo zihendutse, gusa ibi bigo by’imari byahuye n’ibibazo birimo ubujura bwakozwe muri SACCO 238, bamwe mu bazibye baburirwa irengero, ahandi ikigero cyo kutishyura neza inguzanyo kigera ku rwego rusumba kure urwo Banki Nkuru yashyizeho.
-
Ingabire Victoire, umushinga wahombeye Abanyaburayi muri gahunda ya mpatsibihugu
14 July 2025, by Urinzwenimana MikeUbwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo bwite by’umusomyi wa IGIHE, Urinzwenimana Mike.
-
U Rwanda rwatangiye gushaka umuti mushya urinda SIDA ufatwa kabiri mu mwaka
15 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréMu nama y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku kurwanya SIDA, IAS, igiye kumara iminsi itanu ibera i Kigali kugeza ku wa 17 Nyakanga 2025, hamuritswe umuti wa Lenacapavir Yeztugo wakwifashishwa mu kwirinda no gukumira Virusi itera SIDA.
-
Umwunganizi wanzwe yongeye kwitswaho, Ingabire Victoire ahakana ibyo aregwa
15 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMu iburanisha ry’urubanza ruregwamo Ingabire Victoire Umuhoza, mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro hongeye kwitswa cyane ku munyamategeko w’Umunya-Kenya wifuzwaga na Ingabire ariko akaba yarimwe uburenganzira n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda.
-
Guhuzagurika, umuzimu w’impinduka, kutamenya; kuki uburezi bw’u Rwanda bukomeje guteza impaka?
16 July 2025, by Philbert GirinemaUbu inkuru iri kuvugwa ku burezi bw’u Rwanda, ni ijyanye n’uko amasomo mu mashuri abanza n’ay’incuke agiye kujya atangira Saa Mbili za mu gitondo aho kuba Saa Tatu nk’uko byari bimaze mu myaka ibiri bikorwa.
-
Yasaga n’ivomera mu kiva- Inganda eshatu Leta yashoragamo akayabo zigiye gushyirwa ku isoko
18 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye Inganda (NIRDA) gifite imigabane mu nganda za Rutsiro Honey, Nyabihu Potato Company na Rwamagana Banana Wine, bwatangaje ko bubona hatazaboneka amafaranga yatuma zikora ku bushobozi bwazo 100% bituma zigomba kwegurirwa abikorera bakazibyaza umusaruro.
-
Ibyari bikubiye mu mugambi wa Ingabire Victoire wiswe ‘Intumbero y’ejo hazaza’ wo gukuraho Perezida wa Repubulika
18 July 2025, by IGIHEIbyaha Ingabire Victoire akurikiranyweho n’ubutabera, bigaruka ku gushaka kugirira nabi ubutegetsi buriho na Perezida wa Repubulika no guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda. Ibyo byose bikomoka ku bikorwa we n’abambari be bo muri DALFA-Umurinzi bakoraga, bategura uko umugambi wabo uzagerwaho. Bari bafite gahunda bise “Intumbero y’ejo hazaza” ikubiyemo uko ibikorwa byabo bizakorwa.
IGIHE