Ubu inkuru iri kuvugwa ku burezi bw’u Rwanda, ni ijyanye n’uko amasomo mu mashuri abanza n’ay’incuke agiye kujya atangira Saa Mbili za mu gitondo aho kuba Saa Tatu nk’uko byari bimaze mu myaka ibiri bikorwa.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Guhuzagurika, umuzimu w’impinduka, kutamenya; kuki uburezi bw’u Rwanda bukomeje guteza impaka?
16 July 2025, by Philbert Girinema -
Yasaga n’ivomera mu kiva- Inganda eshatu Leta yashoragamo akayabo zigiye gushyirwa ku isoko
18 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye Inganda (NIRDA) gifite imigabane mu nganda za Rutsiro Honey, Nyabihu Potato Company na Rwamagana Banana Wine, bwatangaje ko bubona hatazaboneka amafaranga yatuma zikora ku bushobozi bwazo 100% bituma zigomba kwegurirwa abikorera bakazibyaza umusaruro.
-
Ibyari bikubiye mu mugambi wa Ingabire Victoire wiswe ‘Intumbero y’ejo hazaza’ wo gukuraho Perezida wa Repubulika
18 July 2025, by IGIHEIbyaha Ingabire Victoire akurikiranyweho n’ubutabera, bigaruka ku gushaka kugirira nabi ubutegetsi buriho na Perezida wa Repubulika no guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda. Ibyo byose bikomoka ku bikorwa we n’abambari be bo muri DALFA-Umurinzi bakoraga, bategura uko umugambi wabo uzagerwaho. Bari bafite gahunda bise “Intumbero y’ejo hazaza” ikubiyemo uko ibikorwa byabo bizakorwa.
-
Tujyane muri Antigua na Barbuda iherutse gukuriraho Visa Abanyarwanda (Amafoto)
19 July 2025, by Tuyishimire Umutesi CelineU Rwanda ruherutse gushyira umukono ku masezerano na Antigua and Barbuda agamije gukuriraho abaturage b’ibihugu byombi visa, bivuze ko Abanyarwanda bashobora kujya muri iki gihugu nta Visa batswe n’abaturage baho bikaba uko ku bashaka kuza mu Rwanda.
-
Urukiko rwategetse ko Ingabire Victoire afungwa iminsi 30 y’agateganyo
18 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa 18 Nyakanga 2025 rwategetse ko Ingabire Victoire Umuhoza afungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza rigikomeje ku byaha akurikiranyweho.
-
Ibicuruzwa 10 u Rwanda rutangaho akayabo rubitumiza mu mahanga
29 August 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteU Rwanda ruri mu bihugu byashyize imbere itarambere ry’inganda hagamijwe kugabanya ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga, hakiyongera ibyoherezwayo gusa mu bicuruzwa bikurwa hanze y’igihugu harimo n’umuceri uhingwa imbere mu gihugu.
-
Amayeri ya FDLR nyuma yo gutsindirwa hafi ya Goma
21 July 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wagerageje kwiyoberanya kenshi kugira ngo urebe ko wamara kabiri, ariko ntibyawuhira kuko raporo zitandukanye zakomeje guhishura amayeri yawo.
-
U Rwanda ruzubaka ibilometero birenga 300 by’imihanda ya kaburimbo kugeza mu 2029
12 August 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda iteganya kubaka imihanda ireshya na kilometero 300 ya kaburimbo yo ku rwego rw’igihugu n’indi y’imigenderano hagamijwe koroshya ingendo.
-
Ntibakoma, bakwiriye imishwaro- Minisitiri Bizimana ku kimwaro cy’abarimo umuhungu wa Habyarimana
19 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yanyomoje abarimo Habyarimana Jean Luc, umuhungu wa Habyarimana Juvénal wahoze ari Perezida w’u Rwanda na Antoine Mukiza Zigiranyirazo wa Protais Zigiranyirazo bakomeje gusigiriza ibyaha by’ababyeyi babo.
-
Uko ibihugu byakiriye impunzi u Rwanda rwari rucumbikiye
20 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, HCR, rigaragaza ko hagati ya 2020 na 2024, impunzi zirenga 20.694 zari zicumbikiwe mu Rwanda zamaze kwerekeza mu bindi bihugu.
IGIHE