Perezida Paul Kagame na bagenzi be bo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’amajyepfo (SADC), kuri uyu wa 13 Kanama 2025, baganiriye bifashishije ikoranabuhanga ry’iyakure.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye na bagenzi be bo muri EAC na SADC ku bibazo bya RDC
13 August 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
U Rwanda ruzatangira gutanga umuti mushya urinda Sida mu 2026
21 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréUmuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya Virusi itera Sida mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, Dr Ikuzo Basile, yavuze ko nta gihindutse mu 2026, Abanyarwanda bazatangira kubona umuti wa Lenacapavir Yeztugo urinda umuntu kwandura Sida utangwa kabiri mu mwaka.
-
Imbunda ibihumbi 12 na toni 500 z’ibisasu byarasenywe: Ibyihariye ku kurwanya intwaro nto mu Rwanda
22 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteAkarere k’Ibiyaga bigari u Rwanda ruherereyemo karimo imitwe yitwaje intwaro irenga 250 izikwirakwiza mu bice bitandukanye. Ntabwo byoroshye kubona umuntu witwaje imbunda mu Rwanda, atabarizwa mu nzego z’umutekano, gusa hari intwaro zari zarahishwe n’abahoze muri Ex-FAR, Interahamwe n’abacengezi zigenda zitahurwa zigasenywa.
-
Abasebya u Rwanda mubatsindishe ukuri - Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva abwira abasoje Itorero Indangamirwa
14 August 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko itorero ari bumwe mu buryo bufasha urubyiruko kumenya icyerekezo igihugu cyahisemo, arusaba gukoresha ibyo rwigishijwe ruvuguruza abasebya u Rwanda.
-
IFC yashyize ku isoko ry’imari ry’u Rwanda impapuro mpeshamwenda za miliyari 24 Frw
22 July 2025, by Iradukunda SergeIkigo Mpuzamahanga cya Banki y’Isi Gishinzwe Guteza Imbere Abikorera (IFC) cyatangaje ko cyashyize ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (RSE) impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 24 Frw (miliyoni 17$).
-
Inyungu ya MTN Rwanda yageze kuri miliyari 6,3 Frw mu mezi atandatu ya mbere ya 2025
14 August 2025, by IGIHEInyungu y’ikigo cy’itumanaho, MTN Rwandacell Plc, mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka yageze kuri miliyari 6,3 Frw nyuma yo kwishyura imisoro, ibigaragaza intambwe iki kigo cyateye mu guhangana n’igihombo cyari cyagize mu gihe nk’iki umwaka ushize.
-
Arenga miliyoni 780 Frw yafatiwe mu byaha by’iyenzandonke mu Rwanda
23 July 2025, by Iradukunda SergeRaporo y’isesengura ry’ibyaha by’iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba yakozwe ku rwego rw’Igihugu mu gihe cy’imyaka itanu (2019 & 2024) igaragaza ko miliyoni zisaga 780 zafatiwe mu byaha by’iyezandonke.
-
Igipimo cy’inyungu fatizo ya BNR cyazamuwe kigera kuri 6,75%
21 August 2025, by IGIHEBanki Nkuru y’Igihugu yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo ya BNR kiva kuri 6,5% rugera kuri 6,75%, nyuma y’uko cyari kimaze igihe kidahinduka, isobanura ko bigamije kurinda ko umuvuduko w’ibiciro ku masoko warenga igipimo cyo hagati ya 2% na 8% cyiyemejwe.
-
Ujya ku ishuri akoresha iminota 19, kwa muganga ikaba 30: Tujyanye gushaka serivisi mu Rwanda
25 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteAbavukiye mu turere tw’ibyaro bazi amashuri abanza yabaga afite kuva mu mwaka wa mbere kugera mu wa gatatu, itatu isigaye umwana akazayiga ku kindi kigo akora urugendo rwa kilometero zirenga 20, akiga umunsi umwe undi agasiba. Ibi byabaye amateka kubera amashuri menshi yubatswe, ku buryo ubu umunyeshuri akoresha iminota 19 akaba ageze aho yiga.
-
Ni amateka yisubiyemo? Itariki imwe kuri ba Minisitiri b’Intebe babiri batandukanye
23 July 2025, by IGIHEDr. Justin Nsengiyumva yagizwe Minisitiri w’Intebe mushya w’u Rwanda, aba uwa karindwi ushyizweho kuva mu 1994, gusa itariki yagiriyeho, ihuye n’iyo uwa gatanu u Rwanda rwagize yashyiriweho.
IGIHE