Banki Nkuru y’Igihugu yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo ya BNR kiva kuri 6,5% rugera kuri 6,75%, nyuma y’uko cyari kimaze igihe kidahinduka, isobanura ko bigamije kurinda ko umuvuduko w’ibiciro ku masoko warenga igipimo cyo hagati ya 2% na 8% cyiyemejwe.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Igipimo cy’inyungu fatizo ya BNR cyazamuwe kigera kuri 6,75%
21 August 2025, by IGIHE -
Ujya ku ishuri akoresha iminota 19, kwa muganga ikaba 30: Tujyanye gushaka serivisi mu Rwanda
25 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteAbavukiye mu turere tw’ibyaro bazi amashuri abanza yabaga afite kuva mu mwaka wa mbere kugera mu wa gatatu, itatu isigaye umwana akazayiga ku kindi kigo akora urugendo rwa kilometero zirenga 20, akiga umunsi umwe undi agasiba. Ibi byabaye amateka kubera amashuri menshi yubatswe, ku buryo ubu umunyeshuri akoresha iminota 19 akaba ageze aho yiga.
-
Ni amateka yisubiyemo? Itariki imwe kuri ba Minisitiri b’Intebe babiri batandukanye
23 July 2025, by IGIHEDr. Justin Nsengiyumva yagizwe Minisitiri w’Intebe mushya w’u Rwanda, aba uwa karindwi ushyizweho kuva mu 1994, gusa itariki yagiriyeho, ihuye n’iyo uwa gatanu u Rwanda rwagize yashyiriweho.
-
FDLR ni nk’ikirondwe cyumiye ku ruhu rw’inka yariwe kera – Gen. Nkubito
21 August 2025, by Nshimiyimana EricUmuyobozi wa Diviziyo ya gatatu y’ingabo z’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburengerazuba, Gen. Maj. Nkubito Eugène, yabwiye abaturage bo mu Karere ka Rubavu ko badakwiriye guterwa ubwoba n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR umaze imyaka myinshi uhigira gutera u Rwanda uturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko wabaye nk’ikirondwe cyumiye ku ruhu rw’inka yariwe kera.
-
Iby’ingenzi wamenya kuri Minisitiri w’Intebe wa Karindwi w’u Rwanda mu myaka 31
24 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe, wari usanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu (BNR), umwanya yagiyeho ku wa 25 Gashyantare 2025.
-
Perezida Kagame yaganirije abasirikare, abapolisi n’abacungagereza barenga 6000 batorezwaga i Gabiro
25 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yaganirije abasirikare, abapolisi ndetse n’abacungagereza barenga 6000 barangije imyitozo bakoreraga mu kigo cya gisirikare cya Gabiro kiri mu Ntara y’Iburasirazuba.
-
Inshingano zitegereje Minisitiri w’Intebe mushya n’ububasha ahabwa n’itegeko
24 July 2025, by Uwimana AbrahamKu wa 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Republika yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, agirwa Dr. Justin Nsengiyumva, asimbuye Dr. Edouard Ngirente wari kuri uwo mwanya kuva mu 2017.
-
Ibyo wamenya ku biciro bishya byihariye byo gupima imyuka ihumanya ku binyabiziga
24 July 2025, by IGIHEIbipimo by’umwuka abantu bahumeka mu Rwanda, bikomeje kugaragaza ko wanduye, ibintu bigira ingaruka ku buzima bw’abantu cyane cyane ku izamuka ry’indwara zifata mu myaka y’ubuhumekero.
-
Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’Abadepite baturutse muri Amerika
26 August 2025, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye itsinda ry’Abadepite baturutse mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bo mu mashyaka atandukanye, barimo Depite Austin Scott wo muri Leta ya Georgia na Salud Carbajal wo muri Leta ya California, bombi bakorera muri Komisiyo ishinzwe Ingabo ndetse na Jimmy Panetta wo muri California ukorera muri Komisiyo ishinzwe Imisoro.
-
Abagize Guverinoma batangajwe: Ba Minisitiri babiri n’abanyamabanga babiri bashya
24 July 2025, by IGIHEPerezida Kagame Paul yashyizeho Guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 21 n’abanyamabanga ba leta 10, irimo babiri bashya kuri buri ruhande ugereranyije n’abari basanzwe, bivuze ko mu binjiyemo bwa mbere, bane ari bashya.
IGIHE