Sosiyete y’u Rwanda itwara abantu n’ibintu mu kirere, RwandAir, yagabanyije ibiciro by’ingendo zayo mu byerekezo byose ku kigero cya 50% kugeza tariki ya 30 Ugushyingo 2025.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibiciro by’ingendo za RwandAir byagabanyijweho 50% kugeza mu Ugushyingo
27 August 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
Ibyo wamenya ku barimo Habimana na Dr. Arakwiye binjiye muri Guverinoma nshya
24 July 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Kagame yashyizeho abagize Guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Nsengiyumva Justin wasimbuye Dr. Ngirente Edouard, barimo Habimana Dominique wagizwe Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu asimbuye Dr Patrice Mugenzi, na Dr. Bernadette Arakwiye wasimbuye Dr. Valentine Uwamariya muri Minisiteri y’Ibidukikije.
-
Ba minisitiri icyenda batangiranye na manda ya kane ya Perezida Kagame ntibakiri muri Guverinoma
28 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuGuverinoma yatangiye manda ya kane ya Perezida Paul Kagame, yari igizwe n’abaminisitiri 21 n’abanyamabanga ba leta 9. Barahiye ku wa 19 Kanama 2024.
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya: Uko umuhango wagenze (Amafoto na Video)
25 July 2025, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya barimo Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva n’abandi bagize Guverinoma.
-
Ntabwo bazaguterura ngo bagutereke aho ushaka kujya, ntibabishaka - Perezida Kagame
25 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yasabye abayobozi bagize Guverinoma nshya guhindura imyumvire n’imikorere baharanira ko igihugu gitera imbere kurushaho aho gutegereza ko bazacungurwa n’amahanga nyamara atabyifuza ahubwo ashaka kubategeka uko bakwiriye kubaho.
-
Perezida Chapo wa Mozambique yageze mu Rwanda
27 August 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, rugamije kongerera imbaraga umubano umaze imyaka myinshi hagati y’ibihugu byombi.
-
Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva yahererekanyine ububasha na Dr. Edouard Ngirente, agaragaza ko mu byo azitaho cyane ari ugutekereza ibyateza imbere u Rwanda ibindi bikaza nyuma.
-
U Rwanda na Tanzania byashyize umukono ku masezerano mu nzego zirimo ubuhinzi
26 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuU Rwanda na Tanzania byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire agamije guteza imbere urwego rw’ubuhinzi ku mpande zombi, byiyemeza gukomeza guteza imbere imikoranire.
-
Perezida Kagame yakiriye Daniel Chapo uyobora Mozambique
27 August 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame kuri uyu wa 27 Kanama 2025 yakiriye mu biro bye mugenzi we uyobora Mozambique, Daniel Francisco Chapo watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda.
-
Air Tanzania i Kigali no kohereza abigisha Igiswahili: Ibyo Tanzania ihanze amaso mu Rwanda
27 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuTanzania ni igihugu gikomeje kwagura imikoranire n’u Rwanda mu ngeri zitandukanye mu kwimakaza ubufatanye n’iterambere ry’ubukungu bw’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba.
IGIHE