Guverinoma yatangiye manda ya kane ya Perezida Paul Kagame, yari igizwe n’abaminisitiri 21 n’abanyamabanga ba leta 9. Barahiye ku wa 19 Kanama 2024.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ba minisitiri icyenda batangiranye na manda ya kane ya Perezida Kagame ntibakiri muri Guverinoma
28 July 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya: Uko umuhango wagenze (Amafoto na Video)
25 July 2025, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya barimo Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva n’abandi bagize Guverinoma.
-
Ntabwo bazaguterura ngo bagutereke aho ushaka kujya, ntibabishaka - Perezida Kagame
25 July 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yasabye abayobozi bagize Guverinoma nshya guhindura imyumvire n’imikorere baharanira ko igihugu gitera imbere kurushaho aho gutegereza ko bazacungurwa n’amahanga nyamara atabyifuza ahubwo ashaka kubategeka uko bakwiriye kubaho.
-
Perezida Chapo wa Mozambique yageze mu Rwanda
27 August 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, rugamije kongerera imbaraga umubano umaze imyaka myinshi hagati y’ibihugu byombi.
-
Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25 July 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva yahererekanyine ububasha na Dr. Edouard Ngirente, agaragaza ko mu byo azitaho cyane ari ugutekereza ibyateza imbere u Rwanda ibindi bikaza nyuma.
-
U Rwanda na Tanzania byashyize umukono ku masezerano mu nzego zirimo ubuhinzi
26 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuU Rwanda na Tanzania byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire agamije guteza imbere urwego rw’ubuhinzi ku mpande zombi, byiyemeza gukomeza guteza imbere imikoranire.
-
Perezida Kagame yakiriye Daniel Chapo uyobora Mozambique
27 August 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame kuri uyu wa 27 Kanama 2025 yakiriye mu biro bye mugenzi we uyobora Mozambique, Daniel Francisco Chapo watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda.
-
Air Tanzania i Kigali no kohereza abigisha Igiswahili: Ibyo Tanzania ihanze amaso mu Rwanda
27 July 2025, by Ntabareshya Jean de DieuTanzania ni igihugu gikomeje kwagura imikoranire n’u Rwanda mu ngeri zitandukanye mu kwimakaza ubufatanye n’iterambere ry’ubukungu bw’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba.
-
Afurika ntikwiye gusigara inyuma - Perezida Kagame atangiza Giants of Africa
27 July 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yashishikarije urubyiruko rwa Afurika gutinyuka rugakoresha ubushobozi rwifitemo rugateza imbere uwo mugabane, arwibutsa ko Afurika atari yo ikwiye guhora inyuma y’Isi yose.
-
U Rwanda na Mozambique byavuguruye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari no kurwanya iterabwoba
27 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereGuverinoma y’u Rwanda n’iya Mozambique kuri uyu wa 27 Kanama 2025 zavuguruye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari no kurwanya iterabwoba.
IGIHE