Perezida Paul Kagame yashishikarije urubyiruko rwa Afurika gutinyuka rugakoresha ubushobozi rwifitemo rugateza imbere uwo mugabane, arwibutsa ko Afurika atari yo ikwiye guhora inyuma y’Isi yose.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Afurika ntikwiye gusigara inyuma - Perezida Kagame atangiza Giants of Africa
27 July 2025, by Uwimana Abraham -
U Rwanda na Mozambique byavuguruye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari no kurwanya iterabwoba
27 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereGuverinoma y’u Rwanda n’iya Mozambique kuri uyu wa 27 Kanama 2025 zavuguruye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari no kurwanya iterabwoba.
-
Ni iki cyatumye Ndayishimiye adobya ibiganiro by’u Rwanda n’u Burundi byatangaga icyizere?
29 July 2025, by Jean de Dieu TuyizereMuri Werurwe 2025, intumwa z’u Rwanda n’iz’u Burundi zikorera mu nzego z’umutekano n’ubutasi zahuye inshuro ebyiri, ziganira ku buryo zakwifatanya mu gukumira ibyahungabanya umutekano w’ibihugu byombi.
-
RwandAir yungutse Boeing 737-800 ebyiri
27 August 2025, by Iradukunda SergeSosiyete nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje ko mu mubare w’indege yari ifite hiyongeyemo Boeing 737-800 ebyiri.
-
Perezida Kagame na Masai Ujiri bafunguye ‘Zaria Court Kigali’ (Amafoto)
28 July 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraPerezida Paul Kagame na Masai Ujiri bafunguye ku mugaragaro Zaria Court Kigali yuzuye itwaye miliyoni 25$ [asaga miliyari 36 Frw].
-
U Rwanda rwakiriye abimukira baturutse muri Amerika
28 August 2025, by IGIHEU Rwanda rwakiriye abimukira barindwi baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nka bimwe mu bikubiye mu masezerano ibihugu byombi biherutse gusinyana.
-
Perezida Kagame yashimye umuhate wa Aliko Dangote mu guteza imbere Afurika
28 July 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yashimye umukire ukomoka muri Nigeria, Aliko Dangote, kubera imbaraga akomeje gushyira mu guharanira iterambere ry’Umugabane wa Afurika.
-
Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi wa HCR
28 August 2025, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Impunzi (HCR), Filippo Grandi, bagirana ibiganiro byibanze ku gukomeza ubufatanye hagati y’u Rwanda na HCR, harimo uruhare rukomeye rw’u Rwanda mu gushyira imbere kurengera impunzi, gutuma zisanga muri Sosiyete, ndetse no gushaka ibisubizo birambye.
-
Umubare w’abafite akazi mu Rwanda wariyongereye, ugera kuri 53,8 %
29 July 2025, by Iradukunda SergeIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko kugeza muri Gicurasi 2025 abaturarwanda bafite akazi bari 53,8 %, bavuye kuri 52,0 % mu gihe nk’icyo mu 2024.
-
Niba utakiri mu macakubiri ariko ukaguma mu bukene byaba bifashije iki? - Perezida Kagame
29 August 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame yakiriye itsinda ryo mu Kigo cy’Imiyoborere cya Qatar, abaganiriza ku cyerekezo cy’igihugu kuva kivuye mu mateka mabi cyanyuzemo, avuga ko bitari bihagije kugira igihugu cyunze ubumwe, ahubwo ko hari n’urugamba rwo guhashya ubukene, kugira ngo igihugu kibe giteye imbere byuzuye.
IGIHE