U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyizeho amahame aganisha ku bufatanye mu iterambere ry’ubukungu, bibifashijwemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibirambuye ku mahame yasinywe n’u Rwanda na RDC ku bufatanye mu bukungu
4 August 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
Impungenge z’u Rwanda ku masezerano y’amahoro rwagiranye na RDC
5 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabwiye Abasenateri ko nubwo u Rwanda rwizeye ko amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono azatanga umusaruro, rufite impungenge ko ashobora kudashyirwa mu bikorwa nk’uko yemeranyijweho n’impande zombi.
-
Perezida Kagame yakiriye David S. Marriott na Flamini wakiniye Arsenal
6 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yakiriye mu biro bye Umuyobozi Mukuru n’Uwashinze ikigo cya GFBiochemicals gikora ibintu bitandukanye hibanda ku kudahumanya ikirere.
-
Abarenga 5900 mu Rwanda bakeneye kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga
13 August 2025, by Igizeneza Jean DésiréImibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko mu 2020 kugeza mu 2024, abantu 5925 bipimishije bigaragara ko bakeneye kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga.
-
Arenga miliyari 5 Frw ashobora guhagama abananiwe gusobanurira PAC irengero ryayo
5 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yasabye Minisiteri y’Ubutabera gusaba Ubushinjacyaha gukurikirana arenga miliyari 5 Frw yagaragajwe muri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2023/2024 ko yakoreshejwe mu buryo budasobanutse.
-
U Rwanda na Zimbabwe byagiranye amasezerano atanu y’imikoranire
6 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuU Rwanda na Zimbabwe byagiranye amasezerano atanu mu nzego zinyuranye zirimo ubuzima, guteza imbere urubyiruko, guteza imbere ubufatanye mu nzego za Polisi, urwego rw’ingufu no guhanahana amakuru ku bijyanye na za gasutamo.
-
Mu Rwanda ni iwanyu, muhorana ikaze- Perezida Kagame ku bitabiriye ‘Kwita Izina’
7 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yabwiye inshuti z’u Rwanda n’abafatanyabikorwa barwo bitabiriye umuhango wo Kwita Izina ko bahorana ikaze mu gihugu kuko ari iwabo.
-
Canopy Walk mu birunga, imidugudu y’imiryango ibihumbi 200; Ishusho ya Musanze mu 2050
7 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereUbukerarugendo bwihariye 9,8% by’umusaruro mbumbe w’u Rwanda mu 2024, ndetse byitezwe ko uruhare rwabwo ruzakomeza kwiyongera. Akarere kazwiho ubukerarugendo ka Musanze gafitemo uruhare rukomeye kuko gasurwa n’abakunzi benshi b’ibyiza nyaburanga by’igihugu birimo ingagi zo mu misozi miremire zihuruza amahanga.
-
Zimbabwe yashimiye Perezida Kagame wayisabiye gukurirwaho ibihano
7 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi Mpuzamahanga wa Zimbabwe, Prof. Dr. Amon Murwira, yagaragaje ko igihugu cye gishimira cyane uruhare Perezida Paul Kagame yagize, mu kugifasha kumvikanisha ijwi ryacyo mu rugamba rwo gukurirwaho ibihano by’ubukungu.
-
Lt Gen Innocent Kabandana yitabye Imana
7 September 2025, by Iradukunda SergeLt General Innocent Kabandana wabaye Umuyobozi w’ibikorwa by’inzego z’umutekano zoherejwe kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique, yitabye Imana, azize uburwayi.
IGIHE