Ubaze imbwirwaruhame cyangwa ibiganiro Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakoze akabirangiza atavuzemo u Rwanda kuva uyu mwaka watangira, wasanga ari hafi ya nta zo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Impamvu nyamukuru Ndayishimiye yagize u Rwanda intero mu mbwirwaruhame ze
14 April 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Ibyo utamenye ku bucuruzi bwa ‘Cocaine’ n’ibindi biyobyabwenge bwakorwaga n’umuryango wa Perezida Habyarimana
14 April 2025, by Zigiranyirazo BajecteurAkazu, ryari itsinda ry’abantu bake bose b’inkoramutima za Habyarimana n’umugore we. Mu yandi magambo yoroshye kumva, Akazu kari kagizwe na Habyarimana na baramu be na Agatha Kanziga. Ni ko kagenzuraga igihugu haba mu by’ubukungu, ibya gisirikare, itangazamakuru n’izindi nzego zikomeye.
-
Mukura VS ishobora guterwa mpaga na Rayon Sports kubera ikibazo cy’amatara i Huye (Amafoto)
15 April 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Miliyari 86,3 Frw zarakoreshejwe: Iby’ingenzi byakozwe mu 2024 muri gahunda yo kongera abaganga
18 December 2024, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rurakataje muri gahunda rwihaye yo kongera umubare w’abakora kwa muganga ukikuba kane, aho byibuze abaturage 1000 bazaba bitabwaho n’abaganga bane bavuye kuri umwe.
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Perezida Lourenço wa Angola
18 December 2024, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yakiriye ku biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Tete Antonio, wamuzaniye ubutumwa bwihariye bwa Perezida João Gonçalves Lourenço usanzwe ari umuhuza mu biganiro bya Luanda bihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ikiganiro na Col Kabanda, Umuyobozi Mushya wa RIB: Yasubije abavuga ko uru rwego rufunga cyane
18 April 2025, by IGIHEImyaka umunani irashize RIB itangiye gukora nk’Urwego rw’Ubugenzacyaha. Umuyobozi warwo wa kabiri kuva rwatangira izi nshingano, amaze ibyumweru bitatu atangiye imirimo mishya.
-
U Budage bwahaye u Rwanda inkunga ya miliyari 30 Frw
18 December 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteGuverinoma y’u Rwanda na Banki y’Iterambere y’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyoni 20,97 z’Amayero (akabakaba miliyari 30 Frw) azakoreshwa mu gushyigikira imishinga igamije kurengera ibidukikije mu mijyi ya Rwamagana, Rusizi, Nyagatare, Muhanga na Huye.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abo mu muryango wa AMRS n’ikigo cya ARIST
18 December 2024, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yahuye n’Itsinda ry’abo mu Ihuriro ry’abahanga bakora ubushakashatsi buteza imbere ibikoresho bitandukanye (African Materials Research Society, AMRS) n’abo mu Kigo giteza imbere ubumenyi n’ikoranabuhanga (African Renaissance Institute for Science and Technology: ARIST).
-
Rayon Sports yasubiranye umwanya wa mbere muri Shampiyona itsinze Muhazi United (Amafoto)
19 April 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Etincelles FC yishyuye APR FC ibitego bibiri, iyibuza gufata umwanya wa mbere (Amafoto)
20 April 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura
IGIHE