Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Ingabire Victoire Umuhoza uregwa ibyaha bitandatu birimo icyo kugirirana nabi ubutegetsi buriho akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Urukiko rwashimangiye ko Ingabire Victoire akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
7 August 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Umuyobozi wa Ntare School yavuze kuri AI, abanyeshuri bakirwa no kuri Perezida Kagame
8 August 2025, by Igizeneza Jean DésiréUmuyobozi wa Ntare Louisenlund School, Damien Vassallo, yagaragaje uburyo ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rikwiriye kwisungwa mu mashuri, ashimira na Perezida Kagame wagize uruhare rukomeye kugira ngo iri shuri ritangire gutanga uburezi mu Rwanda.
-
Uwa mbere azayihabwa mu mezi 10: Umushinga w’indangamuntu y’ikoranabuhanga uri ku musozo
7 August 2025, by Mugisha ChristianUretse kujyana n’umuvuduko w’iterambere mu ikoranabuhanga, Guverinoma y’u Rwanda igaragaza ko ikarita ndangamuntu y’ikoranabuhanga izafasha igihugu kuziba icyuho kigaragara mu buryo bukoreshwa mu kumenya imyirondoro y’abaturage hagamijwe guteza imbere uburyo bukwiye bwo gutanga serivisi mu nzego z’abikorera no mu za Leta.
-
Umubano w’akadasohoka w’umuryango wa Habyarimana na FDLR
9 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuhungu wa Habyarimana Juvénal, Jean-Luc Habyarimana, akunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga akwirakwiza icengezamatwara ry’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urwanya Leta y’u Rwanda, akarwanya imyanzuro y’umuryango mpuzamahanga isaba ko usenywa.
-
Ubwiteganyirize bugeze kuri 48%: Uko Abanyarwanda bahagaze mu kwizigamira
10 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuBanki Nkuru y’Igihugu, BNR, yatangaje ko urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda rugeze ku kigero cya 48% ibigaragaza ko imibare ikomeje kuzamuka umwaka ku wundi nubwo itaragera ku kigero cyifuzwa.
-
Perezida Kagame yakiriye Sheikh Abdulla bin Mohammed bin Butti Al Hamed uyobora itangazamakuru muri UAE
9 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe Itangazamakuru, akaba n’Umuyobozi w’Inama Nkuru y’Itangazamakuru muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), Sheikh Abdulla bin Mohammed bin Butti Al Hamed, byibanze ku bufatanye hagati y’ibihugu byombi muri uru rwego banagaruka ku ruhare rw’itangazamakuru mu guteza imbere umubano n’ubufatanye hagati y’impande zombi.
-
Nelly Mukazayire yavuze ku rukundo rwe rwa siporo, kuba Minisitiri n’amateka ye ashaririye
11 August 2025, by IGIHEMinisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yavuze ko amahirwe igihugu cyahaye buri Munyarwanda, kititaye ku wo ari we, amateka ye, idini cyangwa indeshyo, biri mu byatumye agera aho ari uyu munsi, bigaragiwe n’umuhate yashyize mu byo akora, akumva ko gukorera u Rwanda ari ukwikorera.
-
Amavugurura ku Kivu, car free zone na santere yunganira umujyi: Ishusho ya Rubavu mu 2050
12 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereKu Banyarwanda benshi bashaka kuruhukira mu ntara mu mpera z’icyumweru, Rubavu iza mu myanya y’imbere mu bitekerezo byabo bitewe n’uko uyu mujyi uri ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu, kandi hakaba hari ibikorwaremezo na serivisi zabafasha kuruhuka nk’uko babyifuza.
-
Bayern Munich yashyize umucyo ku byo kuvugurura amasezerano ifitanye n’u Rwanda
11 August 2025, by IGIHEIkipe ya FC Bayern Munich yanyomoje ibivugwa mu itangazamakuru ko yahagaritse ubufatanye bwayo n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda (RDB), ishimangira ko impande zombi zahinduye amasezerano yo kwamamaza Visit Rwanda mu mikoranire yo guteza imbere impano z’abakiri bato bakina ruhago, kugeza mu 2028.
-
Ubushinjacyaha bwa Loni bwasabye ko Kabuga yoherezwa mu Rwanda
10 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereUbushinjacyaha bw’urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT) bwasabye ko Kabuga Félicien afungurwa by’agateganyo, akoherezwa mu Rwanda kuko ari cyo gihugu cyonyine cyemeye kumwakira.
IGIHE