Ubushinjacyaha bw’urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT) bwasabye ko Kabuga Félicien afungurwa by’agateganyo, akoherezwa mu Rwanda kuko ari cyo gihugu cyonyine cyemeye kumwakira.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ubushinjacyaha bwa Loni bwasabye ko Kabuga yoherezwa mu Rwanda
10 September 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
U Rwanda rwamaganye ibirego by’urwego rwa Loni bishinja RDF uruhare mu bwicanyi muri RDC
11 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereGuverinoma y’u Rwanda yamaganye ibiro bya Komiseri Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Volker Türk, byashinje ingabo z’u Rwanda uruhare mu bwicanyi buvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ubukungu bw’u Burundi, umubano na FDLR n’uko u Rwanda rwatabaye Ndayishimiye: Ikiganiro na Teddy Mazina
12 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereKuva mu 2015, ubukungu bw’u Burundi bwarahungabanye bikomeye biturutse ku mwuka mubi watutumbye muri politiki y’iki gihugu, ubwo Abarundi bamaganaga manda ya gatatu ya Pierre Nkurunziza wari Perezida kuva mu 2005.
-
Urubanza rw’abofisiye ba RDF, RCS n’abasivili bashinjwa muri dosiye ya APR FC rwashyizwe mu muhezo
13 August 2025, by Iradukunda Serge, Jean de Dieu TuyizereUrukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye kuburanisha abantu 28 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) n’abasivili, bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko.
-
U Rwanda rwamaganye ibitero bya Israel kuri Qatar
11 September 2025, by Iradukunda SergeGuverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero Israel yagabye kuri Qatar tariki 9 Nzeri 2025, igambiriye kwivugana abayobozi b’Umutwe wa Hamas bari i Doha.
-
Amashuri y’i Kigali azafunga, abakozi bakorere mu rugo: Impinduka muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
13 August 2025, by Iradukunda SergeGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hagati y’itariki ya 21-28 Nzeri 2025, ubwo igihugu kizaba cyakira Shampiyona y’Isi y’Amagare, amashuri akorera mu Mujyi wa Kigali azahagarika amasomo, ndetse abakozi ba leta n’abo mu nzego z’abikorera, bashishikarizwa kuzakorera mu ngo.
-
Impamvu gufungurwa kwa Kabuga kuri kure nk’ukwezi
12 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuryango wa Kabuga Félicien wakurikiranyweho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, uracyatsimbaraye usaba ko yafungurwa by’agateganyo, akoherezwa mu Bufaransa.
-
RRA yiteze inyongera y’arenga miliyari 174 Frw mu misoro mishya mu 2025/26
15 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUkwezi n’iminsi mike birashize imwe mu misoro mishya yemejwe na guverinoma itangiye gutangwa mu rwego rwo gushyigikira iterambere ry’ubukungu bw’igihugu.
-
U Burundi bwatwishe mu 2004 bukomeje no kutwicira iwacu - Abanyamulenge bongeye gutabaza
14 August 2025, by Igizeneza Jean DésiréMu gikorwa cyo kwibuka Abanyamulenge 166 biciwe mu gitero cyagabwe ku Nkambi ya Gatumba mu Burundi, bagenzi babo baba mu Rwanda bagaragaje ko u Burundi bwabishe mu 2004 ari na bwo uyu munsi bukomeje kubica bubasanze iwabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
U Rwanda rushaka kugura indi ndege itwara imizigo
15 August 2025, by Igizeneza Jean DésiréGuverinoma y’u Rwanda iri gushaka uburyo yabona indi ndege itwara imizigo vuba, nyuma yo kubona ko hari abahinzi beza umusaruro mwinshi ariko ukabura uko ugezwe ku masoko.
IGIHE