Guhuza ubutaka no kwita ku bahinzi bakorera ku buso bunini n’ubuto, gutanga ubujyanama bwisumbuye ku bahinzi no kubagerezaho inyongeramusaruro ku gihe mu byitezweho kongera umusaruro w’ubuhinzi ku kigero cya 50%, uwoherezwa mu mahanga ukava ku gaciro ka miliyoni zirenga 839$ mu 2023/2024 ukagera kuri miliyari 1,5$ buri mwaka, bingana n’inyongera ya 78.7%.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibizafasha u Rwanda kugera kuri miliyari 1,5$ z’ibyoherezwa mu mahanga
17 August 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Brig Gen Rwivanga yavuze imyato abasirikare ba LONI banze kuva mu Rwanda mu 1994
16 August 2025, by Mugisha ChristianUmuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yavuze ko abasirikare b’Umuryango w’Abibumbye b’Abanyafurika bari mu butumwa mu Rwanda mu 1994, ari urugero rufatika rugaragaza icyo guhagarara ushikamye uharanira ukuri ari cyo, kabone n’ubwo Isi yose yagutenguha.
-
Minisitiri Nduhungirehe yakuriye inzira ku murima Inteko ya EU isaba ko Ingabire Victoire afungurwa
12 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yakuriye inzira ku murima Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) yasabye u Rwanda kurekura Ingabire Victoire Umuhoza ufunzwe kuva muri Kamena 2025.
-
Ubuhamya bwa Brig Gen Faye uri mu basirikare ba Loni banze gutererana Abatutsi muri Jenoside
17 August 2025, by Mugisha ChristianBrig. Gen. Faye Hadji Babacar yavuze ko ubwo hafatwaga icyemezo cyo gukura MINUAR mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, hari abasirikare bahisemo kuhaguma binyuranyije n’itegeko bari bahawe.
-
Nduhungirehe yagaragaje impungenge u Rwanda ruterwa na FDLR ifashwa na RDC
16 August 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe yashimangiye ko ibikorwa by’umutwe w’iterabwoba wa FDLR biteje inkeke ku mutekano w’igihugu kandi ko mu gihe utararandurwa ingamba z’ubwirinzi u Rwanda rwashyize ku mupaka zizagumaho.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar
12 September 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Tamim bin Hamad Al Thani, ndetse aboneraho umwanya wo kwifatanya nawe mu izina rye ndetse n’iry’Abanyarwanda muri rusange, nyuma y’igitero giherutse kugabwa na Israel muri icyo gihugu.
-
Gukusanya imisoro ya miliyari 3.628 Frw, kwigira kw’igihugu n’uruhare rw’abaturage: Niwenshuti wa RRA twaganiriye
18 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuKomiseri Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), Niwenshuti Ronald, yagaragaje ko imisoro ari nk’amaraso mu mubiri w’umuntu kuko ari yo ituma ubukungu bw’igihugu butera imbere.
-
Umusogongero ku mushinga w’amasezerano y’u Rwanda na RDC y’ubufatanye mu bukungu
15 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereLeta Zunze Ubumwe za Amerika zamaze gutegura umushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
FDLR izazibandwa yerekeza he nihatangira ibikorwa byo kuyisenya?
18 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereKimwe mu bikomeye bihanzwe amaso mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ni itangira ryo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, hashingiwe ku masezerano iki gihugu cyagiranye n’u Rwanda muri Kamena 2025.
-
Mwashakaga ko bikomeza? Brig Gen Rwivanga ku mahanga yasakuje u Rwanda rukumiriye ibisasu bya RDC
16 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yatangaje ko igihe cyose u Rwanda ruzabona hari ibishobora guhungabanya umutekano warwo ruzashyiraho ingamba zikomeye z’ubwirinzi nk’uko byakozwe igihe RDC yarasaga ku butaka bw’u Rwanda, anenga amahanga yamaganye ingamba zashyizweho nk’aho yashakaga ko ibyo bitero bikomeza.
IGIHE