Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaze gutegura umushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Umusogongero ku mushinga w’amasezerano y’u Rwanda na RDC y’ubufatanye mu bukungu
15 September 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
FDLR izazibandwa yerekeza he nihatangira ibikorwa byo kuyisenya?
18 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereKimwe mu bikomeye bihanzwe amaso mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ni itangira ryo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, hashingiwe ku masezerano iki gihugu cyagiranye n’u Rwanda muri Kamena 2025.
-
Mwashakaga ko bikomeza? Brig Gen Rwivanga ku mahanga yasakuje u Rwanda rukumiriye ibisasu bya RDC
16 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yatangaje ko igihe cyose u Rwanda ruzabona hari ibishobora guhungabanya umutekano warwo ruzashyiraho ingamba zikomeye z’ubwirinzi nk’uko byakozwe igihe RDC yarasaga ku butaka bw’u Rwanda, anenga amahanga yamaganye ingamba zashyizweho nk’aho yashakaga ko ibyo bitero bikomeza.
-
Abantu batanu bishwe n’imvura imaze iminsi ibiri igwa mu Rwanda
18 August 2025, by IGIHEMinisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko ibiza byakomotse ku mvura yaguye hagati ya tariki 16 na 17 Kanama 2025 byahitanye abantu batanu mu gihe abandi 25 bakomeretse.
-
Ubucuruzi bw’u Rwanda bwageze ku gaciro ka miliyoni 1.735$ muri Kanama
16 September 2025, by Igizeneza Jean Désiré, Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko ubucuruzi bw’u Rwanda mu gihembwe cya kabiri bwageze kuri miliyoni 1.735,84$, mu gihe ibyo rwohereje mu mahanga byagabanyutseho 35,64% ugereranyije n’ibyo rwohereje mu gihembwe nk’iki mu 2024.
-
Maj Gen (Rtd) Yaache wari muri MINUAR yatamaje Loni yirengagije ibimenyetso bya Jenoside yakorewe Abatutsi
19 August 2025, by Mugisha ChristianMaj Gen (Rtd) Clayton Boanubah Yaache uri mu basirikare ba Loni bari mu Rwanda mu 1994, yavuze ko mbere y’uko Jenoside yakorewe Abatutsi itangira, babonaga ibimenyetso byayo ndetse bakohereza ubutumwa bumenyesha ku Cyicaro Gikuru i New York, ariko bikarenzwa ingohe.
-
Ibikubiye mu mushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23
18 August 2025, by IGIHEUmuhuza mu biganiro bigamije gushaka amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Ihuriro AFC/M23 yoherereje impande zombi umushinga w’amasezerano y’amahoro ashobora kuzashyirwaho umukono nibaramuka bawemeranyijeho.
-
Abakobwa batsinze neza: Uko abanyeshuri bitwaye mu bizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange
19 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abakobwa batsinze neza ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange kurusha basaza babo, mu bizamini bisoza umwaka w’amashuri wa 2024/2025.
-
Perezida Kagame yihanganishije umuryango wa Ambasaderi Dr. Aissa Kirabo Kacyira witabye Imana
19 August 2025, by Mugisha ChristianPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko we n’Umuryango we bamenye inkuru mbi ko Ambasaderi Dr. Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana, avuga ko bifatanyije n’umuryango we ndetse n’Abanyarwanda bose muri rusange muri iki gihe cy’akababaro.
-
Ibuye ryagaragaye: Imibare n’Ubugenge bikomeje kuba ingorabahizi ku Banyarwanda byahagurukiwe
20 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yagaragaje ko nubwo isomo ry’imibare rikomeje kugora abanyeshuri mu Rwanda, hafashwe ingamba zigamije gutuma baritsinda ku rwego rwiza.
IGIHE