Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko ibiza byakomotse ku mvura yaguye hagati ya tariki 16 na 17 Kanama 2025 byahitanye abantu batanu mu gihe abandi 25 bakomeretse.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Abantu batanu bishwe n’imvura imaze iminsi ibiri igwa mu Rwanda
18 August 2025, by IGIHE -
Ubucuruzi bw’u Rwanda bwageze ku gaciro ka miliyoni 1.735$ muri Kanama
16 September 2025, by Igizeneza Jean Désiré, Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko ubucuruzi bw’u Rwanda mu gihembwe cya kabiri bwageze kuri miliyoni 1.735,84$, mu gihe ibyo rwohereje mu mahanga byagabanyutseho 35,64% ugereranyije n’ibyo rwohereje mu gihembwe nk’iki mu 2024.
-
Maj Gen (Rtd) Yaache wari muri MINUAR yatamaje Loni yirengagije ibimenyetso bya Jenoside yakorewe Abatutsi
19 August 2025, by Mugisha ChristianMaj Gen (Rtd) Clayton Boanubah Yaache uri mu basirikare ba Loni bari mu Rwanda mu 1994, yavuze ko mbere y’uko Jenoside yakorewe Abatutsi itangira, babonaga ibimenyetso byayo ndetse bakohereza ubutumwa bumenyesha ku Cyicaro Gikuru i New York, ariko bikarenzwa ingohe.
-
Ibikubiye mu mushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23
18 August 2025, by IGIHEUmuhuza mu biganiro bigamije gushaka amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Ihuriro AFC/M23 yoherereje impande zombi umushinga w’amasezerano y’amahoro ashobora kuzashyirwaho umukono nibaramuka bawemeranyijeho.
-
Abakobwa batsinze neza: Uko abanyeshuri bitwaye mu bizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange
19 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abakobwa batsinze neza ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange kurusha basaza babo, mu bizamini bisoza umwaka w’amashuri wa 2024/2025.
-
Perezida Kagame yihanganishije umuryango wa Ambasaderi Dr. Aissa Kirabo Kacyira witabye Imana
19 August 2025, by Mugisha ChristianPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko we n’Umuryango we bamenye inkuru mbi ko Ambasaderi Dr. Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana, avuga ko bifatanyije n’umuryango we ndetse n’Abanyarwanda bose muri rusange muri iki gihe cy’akababaro.
-
Ibuye ryagaragaye: Imibare n’Ubugenge bikomeje kuba ingorabahizi ku Banyarwanda byahagurukiwe
20 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yagaragaje ko nubwo isomo ry’imibare rikomeje kugora abanyeshuri mu Rwanda, hafashwe ingamba zigamije gutuma baritsinda ku rwego rwiza.
-
Ikiraro cy’amateka, utumodoka tugendera mu kirere n’ibitaro bishya: Ibishya muri Kamonyi ya 2050
3 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereNiba uturutse mu Nyaruguru cyangwa se Karongi, ukagera Bishenyi cyangwa se Ruyenzi, rwose Kigali uba uhageze kuko uba usigaje kwambuka umugezi wa Nyabarongo uba uri imbere gato. Ibi ni byo bituma Akarere ka Kamonyi kitwa irembo ry’Umujyi wa Kigali.
-
Kuyinjiriraho muri Ghana na Bénin no kuyihuza na ’permis’: Ibishya byitezwe ku ndangamuntu koranabuhanga
20 August 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rurakataje mu mushinga wo gushyiraho indangamuntu koranabuhanga, aho izaba ikubiyemo amakuru yose, ha handi bitazaba na ngombwa ko uyigendana kuko amakuru ajyanye na yo uzajya uyasanga aho wagiye gushaka serivisi.
-
Ingabo za Loni zari mu Rwanda mu 1994 zanyomoje Rusesabagina wiyitiriye gutabara Abatutsi
20 August 2025, by Mugisha ChristianMaj Gen (Rtd) Clayton Boanubah Yaache uri mu basirikare ba Loni bari mu Rwanda mu 1994, yavuze ko kenshi yagiye yumva abantu bavuga ko hari umuntu umwe warokoye abantu bahungiye muri Hôtel des Mille Collines, ariko ibyo ari ikinyoma cyambaye ubusa.
IGIHE