Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko we n’Umuryango we bamenye inkuru mbi ko Ambasaderi Dr. Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana, avuga ko bifatanyije n’umuryango we ndetse n’Abanyarwanda bose muri rusange muri iki gihe cy’akababaro.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yihanganishije umuryango wa Ambasaderi Dr. Aissa Kirabo Kacyira witabye Imana
19 August 2025, by Mugisha Christian -
Ibuye ryagaragaye: Imibare n’Ubugenge bikomeje kuba ingorabahizi ku Banyarwanda byahagurukiwe
20 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yagaragaje ko nubwo isomo ry’imibare rikomeje kugora abanyeshuri mu Rwanda, hafashwe ingamba zigamije gutuma baritsinda ku rwego rwiza.
-
Ikiraro cy’amateka, utumodoka tugendera mu kirere n’ibitaro bishya: Ibishya muri Kamonyi ya 2050
3 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereNiba uturutse mu Nyaruguru cyangwa se Karongi, ukagera Bishenyi cyangwa se Ruyenzi, rwose Kigali uba uhageze kuko uba usigaje kwambuka umugezi wa Nyabarongo uba uri imbere gato. Ibi ni byo bituma Akarere ka Kamonyi kitwa irembo ry’Umujyi wa Kigali.
-
Kuyinjiriraho muri Ghana na Bénin no kuyihuza na ’permis’: Ibishya byitezwe ku ndangamuntu koranabuhanga
20 August 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rurakataje mu mushinga wo gushyiraho indangamuntu koranabuhanga, aho izaba ikubiyemo amakuru yose, ha handi bitazaba na ngombwa ko uyigendana kuko amakuru ajyanye na yo uzajya uyasanga aho wagiye gushaka serivisi.
-
Ingabo za Loni zari mu Rwanda mu 1994 zanyomoje Rusesabagina wiyitiriye gutabara Abatutsi
20 August 2025, by Mugisha ChristianMaj Gen (Rtd) Clayton Boanubah Yaache uri mu basirikare ba Loni bari mu Rwanda mu 1994, yavuze ko kenshi yagiye yumva abantu bavuga ko hari umuntu umwe warokoye abantu bahungiye muri Hôtel des Mille Collines, ariko ibyo ari ikinyoma cyambaye ubusa.
-
Abo basambanyije babavumira ku gahera: Ubuhamya ku mabi ya FARDC, FDLR na Wazalendo
21 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi iri mu ihuriro rya Wazalendo rishyigikiwe na Leta, bashinjwa gusambanya ku gahato abagore benshi mu burasirazuba bw’iki gihugu.
-
Itohoza ku cyatumye Château le Marara isangwa idafite uruhushya bikayiviramo gufungwa
22 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuTariki ya 21 Nyakanga 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko ibikorwa bya hoteli Château le Marara bihagaritswe kuko iperereza ryerekanye ko yakoraga itarabiherewe uruhushya. Ni icyemezo cyatumye benshi bagwa mu kantu, bibaza uko hoteli yari imaze imyaka ikora nta ruhushya.
-
Minisitiri Bizimana yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel ’urota’ guhirika ubuyobozi bw’u Rwanda
21 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel wayoboye uruganda CIMERWA, wifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR mu mugambi wo gukuraho ubuyobozi bw’u Rwanda.
-
RDF yababajwe n’impanuka ya drone yakomerekeje abana i Rutsiro
16 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteIngabo z’u Rwanda zatangaje ko drone nto itagira abapilote yakoreye impanuka mu Karere ka Rutsiro ikomeretsa abanyeshuri batatu, bahita bajyanwa kwa muganga ngo bahabwe ubuvuzi.
-
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bugiye kujuririra icyemezo cyo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
22 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmunyamategeko wunganira imiryango iharanira inyungu z’abaregera indishyi mu manza z’ababuranishwa ibyaha bya Jenoside, Me Richard Gisagara, yatangaje ko icyemezo cy’abacamanza b’u Bufaransa gihagarika iperereza kuri Agathe Kanziga kizajuririrwa.
IGIHE