Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi iri mu ihuriro rya Wazalendo rishyigikiwe na Leta, bashinjwa gusambanya ku gahato abagore benshi mu burasirazuba bw’iki gihugu.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Abo basambanyije babavumira ku gahera: Ubuhamya ku mabi ya FARDC, FDLR na Wazalendo
21 August 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
Itohoza ku cyatumye Château le Marara isangwa idafite uruhushya bikayiviramo gufungwa
22 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuTariki ya 21 Nyakanga 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko ibikorwa bya hoteli Château le Marara bihagaritswe kuko iperereza ryerekanye ko yakoraga itarabiherewe uruhushya. Ni icyemezo cyatumye benshi bagwa mu kantu, bibaza uko hoteli yari imaze imyaka ikora nta ruhushya.
-
Minisitiri Bizimana yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel ’urota’ guhirika ubuyobozi bw’u Rwanda
21 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel wayoboye uruganda CIMERWA, wifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR mu mugambi wo gukuraho ubuyobozi bw’u Rwanda.
-
RDF yababajwe n’impanuka ya drone yakomerekeje abana i Rutsiro
16 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteIngabo z’u Rwanda zatangaje ko drone nto itagira abapilote yakoreye impanuka mu Karere ka Rutsiro ikomeretsa abanyeshuri batatu, bahita bajyanwa kwa muganga ngo bahabwe ubuvuzi.
-
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bugiye kujuririra icyemezo cyo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
22 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmunyamategeko wunganira imiryango iharanira inyungu z’abaregera indishyi mu manza z’ababuranishwa ibyaha bya Jenoside, Me Richard Gisagara, yatangaje ko icyemezo cy’abacamanza b’u Bufaransa gihagarika iperereza kuri Agathe Kanziga kizajuririrwa.
-
Ibisabwa umuryango ushaka gutwitirwa mu Rwanda
25 August 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteIngingo yo gutwitira undi iri mu nzira zo kwemerwa mu mategeko y’u Rwanda, yakiranywe yombi n’Abaturarwanda b’ingeri zose. Bavuga ko bizafasha ababuze urubyaro mu buryo busanzwe bakabasha gusiga imbuto ku Isi.
-
Ni nko gufata igihugu nk’intara yawe- Gasamagera yamaganye agasuzuguro k’Inteko ya EU
18 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmunyamabanga Mukuru w’umuryango FPR Inkotanyi, Gasamagera Wellars, yagaragaje ko ubwo abagize Inteko Ishinga Amategeko y’umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) basabaga u Rwanda gufungura Ingabire Victoire Umuhoza, bibeshyaga ko iki gihugu ari nk’intara yabo ariko ko Abanyarwanda badashobora kubyemera.
-
M23 yavuze icyihishe inyuma ya raporo iyishinja kwica abasivile
23 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereIshami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu n’imiryango mpuzamahanga itegamiye kuri Leta bimaze iminsi bishinja Ihuriro AFC/M23 gukorera ibyaha bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ambasaderi Ngoga yanenze amahanga yaguye mu mutego w’ibinyoma bikwirakwizwa na RDC
22 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yanenze ibihugu bigize akanama kawo gashinzwe umutekano byaguye mu mutego w’ibihuha bikwirakwizwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Uzatwara arenga miliyari 115 Frw: Umushinga Ramba Hills witezweho guhindura isura ya Kigali (Amafoto)
24 August 2025, by Uwimana AbrahamEjo bundi nikojeje hariya ku Kacyiru ku bitaro byitiriwe Umwami Faisal, nkubise amaso hepfo yabyo gato, dore ko ijisho ry’umunyamakuru ari nka rimwe rya mukuru ritazinduka ahubwo riba ryagiye kureba, mbona ikibanza kinini kizitiye cyatangiye gusizwa, ndebye ku gishushanyo mbonera umushinga bavuga ko uhateganyirijwe, nabanje kugira ngo si byo, uwari hafi aho arambwira ati "Rorera gushidikanya wibaza byinshi, icyo ni cyo cyerekezo cy’igihugu."
IGIHE