Umunyamabanga Mukuru w’umuryango FPR Inkotanyi, Gasamagera Wellars, yagaragaje ko ubwo abagize Inteko Ishinga Amategeko y’umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) basabaga u Rwanda gufungura Ingabire Victoire Umuhoza, bibeshyaga ko iki gihugu ari nk’intara yabo ariko ko Abanyarwanda badashobora kubyemera.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ni nko gufata igihugu nk’intara yawe- Gasamagera yamaganye agasuzuguro k’Inteko ya EU
18 September 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
M23 yavuze icyihishe inyuma ya raporo iyishinja kwica abasivile
23 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereIshami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu n’imiryango mpuzamahanga itegamiye kuri Leta bimaze iminsi bishinja Ihuriro AFC/M23 gukorera ibyaha bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ambasaderi Ngoga yanenze amahanga yaguye mu mutego w’ibinyoma bikwirakwizwa na RDC
22 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yanenze ibihugu bigize akanama kawo gashinzwe umutekano byaguye mu mutego w’ibihuha bikwirakwizwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Uzatwara arenga miliyari 115 Frw: Umushinga Ramba Hills witezweho guhindura isura ya Kigali (Amafoto)
24 August 2025, by Uwimana AbrahamEjo bundi nikojeje hariya ku Kacyiru ku bitaro byitiriwe Umwami Faisal, nkubise amaso hepfo yabyo gato, dore ko ijisho ry’umunyamakuru ari nka rimwe rya mukuru ritazinduka ahubwo riba ryagiye kureba, mbona ikibanza kinini kizitiye cyatangiye gusizwa, ndebye ku gishushanyo mbonera umushinga bavuga ko uhateganyirijwe, nabanje kugira ngo si byo, uwari hafi aho arambwira ati "Rorera gushidikanya wibaza byinshi, icyo ni cyo cyerekezo cy’igihugu."
-
U Rwanda rwagereranyije ibyo u Burundi bukora muri RDC no gusuka lisansi mu muriro
19 September 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasabye u Burundi guhagarika intambara burimo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko bisa no gusuka lisansi mu muriro.
-
Uko Perezida Kagame yahinduye imitekerereze ya Ahmed uyobora icyanya cy’ubucuruzi cya Dubai
23 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereAhmed Bin Sulayem uyobora Ikigo kigenzura Icyanya cy’Ubucuruzi Mpuzamahanga cya Dubai (DMCC) muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yagaragaje uko Perezida Paul Kagame yahinduye imitekerereze ye mu ishoramari mu gihe nta makuru ahagije yari arifiteho.
-
Utubari twemerewe gukora kugeza saa kumi z’igitondo mu gihe cya Shampiona y’Isi y’Amagare
19 September 2025, by IGIHEUrwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere, RDB, rwatangaje ko mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’Amagare, amaduka, ibigo by’ubucuruzi bunyuranye, resitora, utubari n’utubyiniro bizemererwa gukora kugeza saa kumi z’igitondo.
-
U Burundi bwiregangije umugogo uri mu jisho ryabwo, buhirikira impamvu y’umubano mubi ku Rwanda
24 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Révérien Ndikuriyo, yashimangiye ko u Burundi budateze kubana neza n’u Rwanda mu gihe butarahabwa abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza wahoze ayobora icyo gihugu mu 2015.
-
Perezida Kagame ari muri Azerbaijan
19 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yageze i Baku muri Azerbaijan, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu.
-
Hari ibimenyetso bigaragaza uruhare rwa Kanziga muri Jenoside: Duclert yatengushywe n’ubutabera bw’u Bufaransa
25 August 2025, by IGIHEUmuhanga mu mateka Prof Vincent Duclert yagaragaje ko hari ibimenyetso bari gukusanya bigaragaza uruhare rwuzuye Agathe Kanziga Habyarimana yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
IGIHE