Imyaka icyenda irashize Rosette Chantal Rugamba yubatse Amakoro Songa Logde, hoteli iherereye mu Kinigi mu Karere ka Musanze, mu marembo ya Pariki y’Ibirunga.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibyihariye kuri Hoteli Amakoro Songa Lodge ya Rugamba uzobereye mu by’ubukerarugendo
25 August 2025, by Karirima A. Ngarambe -
Amafoto 100 yaranze ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’abo mu nzego z’umutekano
26 August 2025, by Iradukunda SergeKu wa Mbere tariki 25 Kanama, Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’abasirikare, abapolisi n’abacungagereza barenga 6000, cyabereye mu kigo cya gisirikare cya Gabiro.
-
Perezida Kagame yasuye umuhanda wa Formula 1 muri Azerbaijan
21 September 2025, by Iradukunda OlivierKuri iki Cyumweru, tariki ya 21 Nzeri 2025, Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Azerbaijan yasuye umuhanda uberamo amasiganwa y’imodoka nto za Formula 1.
-
Iyo RDF iba abicanyi, iba yarabishe - Perezida Kagame avuga ku bacanshuro bahawe inzira n’u Rwanda
26 August 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yanenze abakomeza gusiga icyasha Ingabo z’u Rwanda, bavuga ko zikora ubwicanyi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko iyo ziza kuba ari abicanyi, zari guhera ku bacanshuro bahawe inzira, nyuma yo gutsindwa urugamba mu Mujyi wa Goma.
-
Perezida Kagame yavuze ku bakuru b’ibihugu babiri batahiriwe n’umugambi wo kugirira nabi u Rwanda
26 August 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yavuze ko hari abakuru b’ibihugu bibiri, beruye bigamba ko bashaka kugirira u Rwanda nabi, ariko nyuma baza kubona ko batakoroherwa no gushyira mu bikorwa uwo mugambi.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na El-Sisi wa Misiri
23 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yageze i Cairo mu Misiri mu ruzinduko rw’akazi, yakirwa na mugenzi we Abdel Fattah El-Sisi, banagirana ibiganiro mu muhezo, bikurikirwa n’ibirimo amatsinda y’ibihugu byombi.
-
Gen Omega wa FDLR yarengeye he? (Video)
1 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereKuva mu mpera za Mutarama 2025, umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa FDLR-FOCA, Ntawunguka Pacifique uzwi nka ‘Gen Omega’, yavuzweho inkuru nyinshi zahujwe n’urugamba rw’ihuriro AFC/M23 rwo gufata umujyi wa Goma n’ibindi bice bihana imbibi byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Umusaruro wa VUP iri gukura abarenga miliyoni 1,6 mu bukene
3 September 2025, by Uwimana AbrahamImyaka 17 irashize Guverinoma y’u Rwanda itangije gahunda ya VUP, yari igamije guteza imbere abaturage bafite amikoro make by’umwihariko kurengera abaturage bakennye badashobora gukora kugira ngo babashe kubaho.
-
FARDC na FDLR zagabye ibitero bikaze ku Banyamulenge: Amaherezo azaba ayahe?
27 August 2025, by Jean de Dieu TuyizereImisozi myiza yo muri Kivu y’Amajyepfo yongeye guhinduka urubuga rw’amarira n’amaraso. Ku wa 26 no ku wa 27 Kanama, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zifatanyije n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, imitwe ya Wazalendo, abacanshuro n’ingabo z’u Burundi, zagabye ibitero bikomeye ku baturage bo muri Kadasomwa n’utundi duce tuhakikije.
-
Kugorwa no kugera mu Rwanda byatumye Perezida Chapo yifuza ko hatangizwa ingendo Kigali-Maputo
28 August 2025, by Iradukunda SergePerezida wa Mozambique, Daniel Chapo Yagaragaje ko atumva impamvu mbere yo kugera i Kigali yabanje guca Addis Ababa muri Ethiopia, agaragaza ko hakwiye gutangizwa ingendo zihuza u Rwanda na Maputo nta handi zinyuze.
IGIHE