Sosiyete Nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje igabanyuka rya 50% ku biciro by’ingendo zayo zigana mu byerekezo bitandukanye by’Isi kugeza muri Kamena 2026.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibiciro by’ingendo za RwandAir byagabanyijweho 50% kugeza mu 2026
26 September 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
U Rwanda na Misiri byakuriranyeho visa ku baturage babyo
28 September 2025, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda n’iya Misiri byasinye amasezerano yo gukuriranaho visa ku baturage b’impande zombi bajya muri buri gihugu.
-
Hatangijwe umushinga ugize gahunda yo kwagura Pariki y’Ibirunga
29 August 2025, by Mugisha ChristianMu Karere ka Musanze hamuritswe umushinga w’ubuhinzi bw’indabo, imboga n’imbuto bwifashishije ikoranabuhanga uri ku buso bwa metero kare 1.250, Kinigi Horticulture Hub. uherereye mu nkengero za Pariki y’Igihugu y’i Birunga.
-
Banki ya Kigali yungutse miliyari 52,2 Frw, ishimangira uruhare rwayo mu iterambere ry’u Rwanda
1 September 2025, by Ndahayo EmmanuelInyungu ya Banki ya Kigali mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka yageze kuri miliyari 52,2 Frw nyuma yo kwishyura imisoro, izamuka rya 12,9% ugereranyije n’igihe nk’icyo mu mwaka ushize.
-
Perezida Kagame yashimiye abakinnyi n’Abanyarwanda batumye Shampiyona y’Isi y’Amagare yabereye i Kigali ’itazibagirana’
28 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rutewe ishema no kuba rwarakiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025, ashimira abakinnyi bayitabiriye n’Abanyarwanda babashyigikiye bigatuma igenda neza cyane.
-
Abarenga miliyoni 330 bazaba bahanze amaso mu Rwanda: Shampiyona y’Isi y’Amagare mu mibare
31 August 2025, by Iradukunda OlivierKuva tariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025, mu Rwanda hazaba hateraniye ibihugu bitandukanye bizitabira Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 izakinwa mu byiciro 13.
-
Madamu Jeannette Kagame yakebuye abashyira imbaraga mu bukwe birengagije gutegura urugo
31 August 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMadamu Jeannette Kagame yakebuye abajya gushinga urugo bagashyira imbaraga mu gutegura ubukwe birengagije gutegura urugo nyirizina, asaba ko gahunda yo gutegura abagiye kurushinga yarushaho gushyirwamo imbaraga mu kubaka umuryango utekanye.
-
Abatanyurwa n’ibyemezo by’inkiko n’ababurana urwa ndanze: Isubyo ku manza z’ibirarane mu nkiko
1 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yatangaje ko mu mwaka w’Ubucamanza wa 2024/25, hashyizwe imbaraga mu kuburanisha imanza zinjira mu nkiko no kugabanya ibirarane, aho mu manza zirenga ibihumbi 180 zari mu nkiko, haburanishijwe izirenga ibihumbi 109.
-
Perezida Kagame yahawe umukandara w’uwegukanye Shampiyona y’Isi mu Iteramakofe
28 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida w’u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’umukinnyi w’iteramakofe wabigize umwuga, Carlos Takam wanashinze ishuri Nyafurika ry’Iteramakofe i Kigali, amuha impano y’umukandara w’umwimerere w’umukinnyi wahize abandi muri Shampiyona y’Isi y’Iteramakofe.
-
Dukwiye kuva mu kuvuga gusa tugakora - Perezida Kagame
1 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yagaragaje ko kugira ngo Abanyafurika bashobore kubyaza umusaruro ubutaka n’undi mutungo kamere bafite, basabwa gushyira mu bikorwa ibyo bavugira mu nama zitandukanye zirimo n’izivuga ku buhinzi no kwihaza mu biribwa.
IGIHE