Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibikorwa by’ubwicanyi n’ihohotera biranga imitwe ya FDLR na Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari kanseri yamunze akarere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje FDLR na Wazalendo nka kanseri yamunze Akarere
3 September 2025, by Iradukunda Serge -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Massad Boulos, intumwa ya Trump
9 October 2025, by IGIHEPerezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku birebana na Afurika, Massad Boulos, byagarutse ku rugendo rwo kwimakaza amahoro mu karere k’ibiyaga bigari.
-
Mu Rwanda hamuritswe drones zitwara abantu (Amafoto)
3 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréMu Rwanda hamuritswe indege zitagira abapilote (drones) zitwara abantu, biba ubwa mbere bikozwe muri Afurika.
-
Kuri bamwe, ubufatanye ni ugutanga amabwiriza- Perezida Kagame yabwiye Abanyaburayi ko ibyo nta musaruro bitanga
9 October 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yabwiye abarenza amaso ubufatanye bugamije iterambere, bagashaka guha ibihugu bya Afurika amabwiriza n’imirongo ngenderwaho, ko ibyo nta musaruro bishobora gutanga ahubwo ko igikwiye ari ugukorana mu buryo bunoze.
-
Perezida Kagame yavuze ku byo kwifashisha ’drones’ za Zipline Rwanda mu bucuruzi
4 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yagaragaje ko nyuma y’imyaka hafi 10 Zipline Rwanda imaze itanga umusaruro ufatika, ubu u Rwanda ruri gushaka uburyo ubu bwikorezi bukoresha drones bwakwifashishwa no mu mijyi, zikazajya zishyikiriza abaturage ibicuruzwa mu buryo bwo guteza imbere ubucuruzi bukorewe ku ikoranabuhanga.
-
Hakorwa iki mu kugabanya ibyaha mu nkiko z’u Rwanda?
6 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUsomye ingingo 335 z’itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, usangamo byinshi umuntu akora yibwira ko bidahanwa n’amategeko n’ibyo akora abizi neza ko ijisho ry’ubutabera nirimugeraho, nta kabuza azakurikiranwa.
-
Umwihariko wa TRL Group, uruganda rukorera mu Rwanda drones zirimo iza gisirikare
8 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rukomeje guteza imbere ubwikorezi bwo mu kirere by’umwihariko ubukoresha drones mu mirimo itandukanye yaba iya gisivile n’iya gisirikare.
-
Hari ingengabitekerezo ya Jenoside mu bayobozi: Abarundi banenze ubufatanye bw’ingabo zabo na FDLR muri RDC
6 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAbarundi bahungiye mu Rwanda banenze icyemezo cyafashwe na Perezida Evariste Ndayishimiye wemeye gukorana bya hafi na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ndetse n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR wasize ugize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu bikorwa byo kwica Abatutsi b’Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda.
-
Igisubizo cya REG ku ibura ry’amashanyarazi rya hato na hato
8 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG), Eng. Armand Zingiro, yagaragaje ko hari gushyirwa imbaraga mu gukemura ibibazo bikomeje kugaragara by’ibura ry’umuriro rya hato na hato mu bice bitandukanye by’igihugu.
-
EU yahaye u Rwanda miliyoni 95 z’Amayero azafasha mu gukora inkingo
9 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida w’u Rwanda Paul Kagame yahuye na Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ursula Von der Leyern, bagirana ibiganiro byibanze ku mikoranire y’impande zombi no gukomeza ubufasha mu bijyanye no gukora inkingo mu Rwanda.
IGIHE