Mu Rwanda hamuritswe indege zitagira abapilote (drones) zitwara abantu, biba ubwa mbere bikozwe muri Afurika.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Mu Rwanda hamuritswe drones zitwara abantu (Amafoto)
3 September 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Kuri bamwe, ubufatanye ni ugutanga amabwiriza- Perezida Kagame yabwiye Abanyaburayi ko ibyo nta musaruro bitanga
9 October 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yabwiye abarenza amaso ubufatanye bugamije iterambere, bagashaka guha ibihugu bya Afurika amabwiriza n’imirongo ngenderwaho, ko ibyo nta musaruro bishobora gutanga ahubwo ko igikwiye ari ugukorana mu buryo bunoze.
-
Perezida Kagame yavuze ku byo kwifashisha ’drones’ za Zipline Rwanda mu bucuruzi
4 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yagaragaje ko nyuma y’imyaka hafi 10 Zipline Rwanda imaze itanga umusaruro ufatika, ubu u Rwanda ruri gushaka uburyo ubu bwikorezi bukoresha drones bwakwifashishwa no mu mijyi, zikazajya zishyikiriza abaturage ibicuruzwa mu buryo bwo guteza imbere ubucuruzi bukorewe ku ikoranabuhanga.
-
Hakorwa iki mu kugabanya ibyaha mu nkiko z’u Rwanda?
6 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUsomye ingingo 335 z’itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, usangamo byinshi umuntu akora yibwira ko bidahanwa n’amategeko n’ibyo akora abizi neza ko ijisho ry’ubutabera nirimugeraho, nta kabuza azakurikiranwa.
-
Umwihariko wa TRL Group, uruganda rukorera mu Rwanda drones zirimo iza gisirikare
8 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rukomeje guteza imbere ubwikorezi bwo mu kirere by’umwihariko ubukoresha drones mu mirimo itandukanye yaba iya gisivile n’iya gisirikare.
-
Hari ingengabitekerezo ya Jenoside mu bayobozi: Abarundi banenze ubufatanye bw’ingabo zabo na FDLR muri RDC
6 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAbarundi bahungiye mu Rwanda banenze icyemezo cyafashwe na Perezida Evariste Ndayishimiye wemeye gukorana bya hafi na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ndetse n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR wasize ugize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu bikorwa byo kwica Abatutsi b’Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda.
-
Igisubizo cya REG ku ibura ry’amashanyarazi rya hato na hato
8 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG), Eng. Armand Zingiro, yagaragaje ko hari gushyirwa imbaraga mu gukemura ibibazo bikomeje kugaragara by’ibura ry’umuriro rya hato na hato mu bice bitandukanye by’igihugu.
-
EU yahaye u Rwanda miliyoni 95 z’Amayero azafasha mu gukora inkingo
9 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida w’u Rwanda Paul Kagame yahuye na Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ursula Von der Leyern, bagirana ibiganiro byibanze ku mikoranire y’impande zombi no gukomeza ubufasha mu bijyanye no gukora inkingo mu Rwanda.
-
Ibyihariye kuri ‘drones’ zizakoreshwa mu kugeza ibicuruzwa ku Baturarwanda
7 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréNyuma y’imyaka 10 zitanga serivisi zitandukanye by’umwihariko mu gutabara abakeneye ibikoresho by’ubuvuzi, Zipline Rwanda yamuritse ‘drones’ nshya zizajya zifashishwa mu kugeza ku bantu ibicuruzwa bakeneye cyane cyane abo mu mijyi.
-
Imaze kubaka ibikorwaremezo by’arenga miliyari 1$: Imyaka 51 ya China Road and Bridge Corporation mu Rwanda
11 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréImyaka 51 irashize Ikigo cy’Abashinwa kizwi nka ‘China Road and Bridge Corporation (CRBC)’ cyibanda ku bikorwaremezo cyane cyane imihanda, kigeze mu Rwanda, urugendo rusize ibikorwa byivugira, kuko bamaze kugira uruhare mu bifite agaciro karenga miliyari 1$.
IGIHE