Umunyarwandakazi Nizeyimana Olive na Nyirahabineza Chantal mu kwezi gushize bagizwe abere n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gitega mu Burundi nyuma y’amezi atandatu bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Gitega bashinjwa kuba intasi z’u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Uko Abanyarwandakazi babiri bisanze muri Gereza ya Gitega by’amaherere
9 September 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
Ni umurongo utukura - U Rwanda rwamaganye RDC yarushinje jenoside
9 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda rwamaganye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje ingabo zarwo gukorera jenoside ubwoko bw’Abahutu muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, rufatanyije n’umutwe witwaje intwaro wa M23 n’abasivili.
-
Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Mastercard Foundation
10 October 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame, kuri uyu wa 10 Ukwakira 2025, yakiriye Umuyobozi Mukuru w’umuryango Mastercard Foundation, Reeta Roy na Sewit Ahderom witegura gusimbura Roy mu mwaka utaha.
-
Isesengura: Umuvuduko tubyaraho ujyana n’ibikorwaremezo abana bazakenera?
5 October 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmuryango wibarutse umwana mu Rwanda impundu ziravuga ndetse ahenshi bakaririmba aka Rugamba Cyprien ngo "Inkuru ko wavutse Cyuzuzo njyewe yasanze mberewe n’uwayivugaga yaje aseka…" bikazaba ibirori no mu gihe azaba yuzukuruje bikaba uko, ariko iyo bigeze mu miryango ifite ubushobozi buciriritse baterura ‘Hakuzimana’.
-
Kubaka inganda zitunganya amazi yanduye n’ibimoteri bigezweho; Imishinga Dr. Kabaasha wa WASAC ashyize imbere
11 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa WASAC Group, Dr. Asaph Kabaasha, yatangaje ko hari gushyirwa imbaraga mu bijyanye no kunoza uburyo bw’isuku n’isukura mu gihugu binyuze mu ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga irimo kubaka inganda zitunganya amazi yanduye, ibimoteri mu turere dutandukanye ndetse n’imishinga yo kubyaza umusaruro imyanda yo mu ngo n’indi.
-
Col Rwagasana Sankara na Mukakizima bahawe imirimo mishya
10 October 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu, Uwimana AbrahamPerezida Kagame yagize Col Regis Rwagasana Sankara Umuyobozi Wungirije w’lbiro bya Perezida wa Repubulika mu gihe Viviane Mukakizima yagizwe Umuyobozi Wungirije w’lbiro bya Minisitiri w’Intebe.
-
Inyungu ya RSSB yageze kuri miliyari 361,7 Frw mu 2024/2025
10 September 2025, by Uwimana AbrahamUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, Regis Rugemanshuro, yatangaje ko inyungu y’uru rwego yageze kuri miliyari 361,7 Frw mu mwaka warangiye muri Kamena 2025
-
Perezida Kagame yakiriye abayobozi bo muri AU n’uw’ihuriro mpuzamahanga ry’Inteko zishinga Amategeko
13 October 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame, kuri uyu wa 13 Ukwakira 2025, yakiriye abayobozi bo mu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe n’Umunyamabanga Mukuru w’ihuriro mpuzamahanga ry’Inteko zishinga amategeko (IPU), Martin Chungong.
-
Umuhumuza Gisèle wari Umunyamabanga Uhoraho muri MININFRA arafunzwe
10 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Umuhumuza Gisele wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo wanayoboye Ikigo cya WASAC Utility na Murekezi Dominique wayoboye ikigo cya WASAC Development bafungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera ko hari impamvu zikomeye zituma bakekwaho ibyaha bakurikiranyweho.
-
Bite by’ubutaka bwa RSSB butabyazwa umusaruro n’umushinga wa Kigali Green Complex?
10 September 2025, by Uwimana AbrahamUrwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, rwatangaje ko mu mishinga y’ishoramari rufite, ijyanye n’ubutaka n’inyubako ingana na 10% y’ishoramari ryayo ryose, gusa ikaba ari yo ikigaragaramo kudatanga umusaruro ku kigero gihagije, ubuyobozi bwarwo bukavuga ko naho hari kongerwa imbaraga kugira ngo umusaruro wiyongere.
IGIHE