Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bane bashya barimo uwa Brésil na Denmark bagize icyicaro i Kigali bwa mbere, ndetse n’uw’u Bufaransa na Misiri, bose bashimangira ko bazakomeza guteza imbere inyungu z’ibihugu byabo n’u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye impapuro za ba Ambasaderi bashya barimo uw’u Bufaransa na Brésil
8 September 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Acuruza ibisusa, ikigage n’ibigori muri Amerika: Inkuru y’ubucuruzi bwihariye bwa Nyambo
14 September 2025, by Iradukunda SergeKuri benshi mbere yo gufata icyemezo cyo kwimukira mu mahanga, kimwe mu byo babanza gutekerezaho ni uko bazongera kubona bimwe mu bintu bakuze bakunda by’umwihariko iby’iwabo, byaba ibiribwa, amavuta yo kwisiga imyambaro n’ibindi.
-
Uko Abanyarwandakazi babiri bisanze muri Gereza ya Gitega by’amaherere
9 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmunyarwandakazi Nizeyimana Olive na Nyirahabineza Chantal mu kwezi gushize bagizwe abere n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gitega mu Burundi nyuma y’amezi atandatu bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Gitega bashinjwa kuba intasi z’u Rwanda.
-
Ni umurongo utukura - U Rwanda rwamaganye RDC yarushinje jenoside
9 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda rwamaganye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje ingabo zarwo gukorera jenoside ubwoko bw’Abahutu muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, rufatanyije n’umutwe witwaje intwaro wa M23 n’abasivili.
-
Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Mastercard Foundation
10 October 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame, kuri uyu wa 10 Ukwakira 2025, yakiriye Umuyobozi Mukuru w’umuryango Mastercard Foundation, Reeta Roy na Sewit Ahderom witegura gusimbura Roy mu mwaka utaha.
-
Isesengura: Umuvuduko tubyaraho ujyana n’ibikorwaremezo abana bazakenera?
5 October 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmuryango wibarutse umwana mu Rwanda impundu ziravuga ndetse ahenshi bakaririmba aka Rugamba Cyprien ngo "Inkuru ko wavutse Cyuzuzo njyewe yasanze mberewe n’uwayivugaga yaje aseka…" bikazaba ibirori no mu gihe azaba yuzukuruje bikaba uko, ariko iyo bigeze mu miryango ifite ubushobozi buciriritse baterura ‘Hakuzimana’.
-
Kubaka inganda zitunganya amazi yanduye n’ibimoteri bigezweho; Imishinga Dr. Kabaasha wa WASAC ashyize imbere
11 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa WASAC Group, Dr. Asaph Kabaasha, yatangaje ko hari gushyirwa imbaraga mu bijyanye no kunoza uburyo bw’isuku n’isukura mu gihugu binyuze mu ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga irimo kubaka inganda zitunganya amazi yanduye, ibimoteri mu turere dutandukanye ndetse n’imishinga yo kubyaza umusaruro imyanda yo mu ngo n’indi.
-
Col Rwagasana Sankara na Mukakizima bahawe imirimo mishya
10 October 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu, Uwimana AbrahamPerezida Kagame yagize Col Regis Rwagasana Sankara Umuyobozi Wungirije w’lbiro bya Perezida wa Repubulika mu gihe Viviane Mukakizima yagizwe Umuyobozi Wungirije w’lbiro bya Minisitiri w’Intebe.
-
Inyungu ya RSSB yageze kuri miliyari 361,7 Frw mu 2024/2025
10 September 2025, by Uwimana AbrahamUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, Regis Rugemanshuro, yatangaje ko inyungu y’uru rwego yageze kuri miliyari 361,7 Frw mu mwaka warangiye muri Kamena 2025
-
Perezida Kagame yakiriye abayobozi bo muri AU n’uw’ihuriro mpuzamahanga ry’Inteko zishinga Amategeko
13 October 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame, kuri uyu wa 13 Ukwakira 2025, yakiriye abayobozi bo mu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe n’Umunyamabanga Mukuru w’ihuriro mpuzamahanga ry’Inteko zishinga amategeko (IPU), Martin Chungong.
IGIHE