Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, yagaragaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze kuri miliyari 5.798 Frw mu gihembwe cya kabiri cya 2025, bigaragaza izamuka rya 7,8%, mu gihe wari wazamutseho 6,5% mu gihembwe cya mbere cya 2025.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze kuri miliyari 5.798 Frw mu gihembwe cya kabiri cya 2025
17 September 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Perezida Kagame na Diomaye Faye wa Sénégal bitabiriye Car Free Day
19 October 2025, by Iradukunda OlivierPerezida Paul Kagame na Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, wari mu ruzinduko mu Rwanda, bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri siporo rusange imenyerewe nka Car Free Day.
-
U Rwanda rwatangaje ibiciro by’amashanyarazi bivuguruye
17 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUrwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ko rwavuguruye ibiciro by’amashanyarazi hagamijwe kujyanisha ikiguzi cyayo n’ibiyagendaho no guhaza isoko ry’abakenera amashanyarazi rikomeje kwiyongera.
-
Ishingiro ryo kuzamura ibiciro by’umuriro w’amashanyarazi mu Rwanda
18 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréNubwo hashize imyaka 13 Abahinde babyibuka nk’ibyabaye ejo. Ubwo umuriro wamaze hafi amasaha 13 wabuze, byagize ingaruka ku baturage miliyoni 620 bo muri leta 22 zo mu majyaruguru no mu burasirabuba bw’iki gihugu, bahomba miliyari 4,4$.
-
Imishinga y’amashyanyarazi u Rwanda rugiye gushoramo miliyari 1$
21 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa yavuze ko mu myaka itanu iri imbere u Rwanda ruzashora arenga miliyari 1$ mu mishinga izafasha kubona megawatt 1000 zizaba zikenewe mu mirimo itandukanye y’igihugu.
-
Kujuririra Kanziga, ibya Zigiranyirazo na Kabuga Félicien: Ikiganiro na Col Chevalier w’u Bufaransa
18 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Ushinzwe ibikorwa by’Umutekano muri Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda, akaba anashinzwe kwita ku mutekano w’abatangabuhamya no gukurikirana ko ubuhamya butangirwa i Kigali mu manza z’abaregwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi ziburanishirizwa mu Bufaransa butangwa mu ibanga, Colonel Gil Chevallier, yagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo kuba hari amahirwe ko Ubushinjacyaha bwazajurira icyemezo cyafashwe kuri Agathe Kanziga, umugore wa Habyarimana Juvénal.
-
Yves Iradukunda yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri MINICT, hashyirwaho abayobozi mu nzego zinyuranye
18 September 2025, by IGIHEPerezida Kagame yashyize mu nshingano abayobozi bashya barimo Yves Iradukunda wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT).
-
Kwakira FIFA Series 2026 mu byibanzweho mu biganiro byahuje Shema wa FERWAFA na Gianni Infantino
19 September 2025, by IGIHEPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Fabrice Shema, yagiranye ibiganiro na Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, byagarutse ku mishinga ikomeye irimo kuba u Rwanda ruzakira FIFA Series 2026, kubaka ibibuga by’umupira w’amaguru, kubaka ubushobozi bw’amakipe y’umupira w’amaguru mu Rwanda n’ibindi.
-
Mu Rwanda hahanzwe imirimo miliyoni 1,7 mu myaka irindwi
20 October 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Amb. Christine Nkulikiyinka, yatangaje ko hagati ya 2017 na 2024, mu Rwanda hahanzwe imirimo miliyoni 1,7 harimo irenga miliyoni 1,4 yahangiwe abari mu cyiciro cy’urubyiruko.
-
Higanjemo ba Colonel: Abofisiye bakuru 14 batorotse Igisirikare cy’u Burundi mu myaka ibiri
20 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmwuka mubi ukomeje gututumba mu Gisirikare cy’u Burundi. Nubwo abayobozi baterura ngo babivuge, bigaragara ko kuva mu 2023 ubwo Perezida Evariste Ndayishimiye yoherezaga abasirikare kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuva ku muto kugera ku mukuru batashywe n’ubwoba.
IGIHE